skol

Amakuru

Kiliziya yitabaje abapadiri b’uburanga mu kugeza ubutumwa ku rubyiruko

Kiliziya Gatolika ku Isi yatumiye i Roma bamwe mu bapadiri basanzwe bakundwa n’abantu ku mbuga (…)

Nyamasheke: Abarenga 3000 bagiye gufashwa kubona inzu zo kubamo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bwatangaje ko (…)

Nyarugenge: Umusore yafatanywe ibilo bine by’urumogi abivanye i Burera

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe umusore w’imyaka 18 afite ibilo bine by’urumogi yari (…)

Murumuna wa Museveni yavuze ko yacanye agatadowa, arara hasi, mukuru we ari Perezida

Aine Kaguta Sodo, umuvandimwe wa Perezida Yoweri Kaguta Museven yavuze ko mu buzima yabayeho (…)

Starlink ya Elon Musk yahuye n’ikibazo cyatumye abayikoresha ku Isi yose babura internet

Serivisi za internet ya Starlink itangwa na SpaceX ya Elon Musk zavuye ku murongo mu ijoro (…)

Kinshasa: Urubanza rwa Kabila rugiye gutangira

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa 25 (…)

Abanyarwanda 19% bakorerwa ivangurwa rishingiye ku moko - Ubushakashatsi

Ubuyobozi bw’Umuryango Never Again Rwanda, bwatangaje ko mu bushakashatsi bakoze mu 2020 basanze (…)

Abadepite bemeje itegeko rikemura amakimbirane mu bwubatsi n’ibidukikije

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje itegeko rigenga imirimo y’ubuhanga mu guhanga (…)

Perezida Kagame yahuye na Minisitiri w’Intebe mushya

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva, baganira ku ngingo (…)

Abapolisi 178 basoje amahugurwa ku kurinda ituze no guhangana n’ibihungabanya umutekano mu mijyi

Ku wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, abapolisi 178 basoje amahugurwa ajyanye no guhosha (…)

U Rwanda na Algeria biyemeje ubufatanye y’ubufatanye mu bya gisirikare

Repubulika y’u Rwanda na Algeria basinyanye amasezerano (MoU) agamije ubufatanye mu bya (…)

Afurika izagirwaho ingaruka zikomeye n’igabanywa ry’inkunga z’u Bwongereza

Ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bizagirwaho ingaruka n’inkunga z’u Bwongereza zigiye (…)

Rusizi: Umugabo w’imyaka 57 akurikiranyweho gushinga imisaraba ibiri mu rugo rw’umuturanyi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yataye muri yombi umugabo w’imyaka 57 akekwaho (…)

Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri w’Intebe wa Karindwi w’u Rwanda mu myaka 31

Perezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, wari usanzwe ari Visi (…)

Ni urugendo nungukiyemo byinshi-Dr. Ngirente wari Minisitiri w’Intebe

Dr. Edouard Ngirente wari Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yatangaje ko imyaka hafi umunani yari (…)