skol

Amakuru

Perezida wa Repubulika ashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva

Perezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe. Yari asanzwe ari Visi (…)

Musanze: Polisi yerekanye batatu bibaga ibikoresho by’ikoranabuhanga

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yeretse itangazamakuru abantu batatu bakekwaho (…)

Abapolisi b’u Rwanda 240 bagiye gusimbura bagenzi babo muri Sudani y’Epfo

Ku wa Kabiri tariki ya 22 Nyakanga 2025, Umuyobozi Mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe (…)

AFC/M23 yahagaritse igitero cya Wazalendo i Goma

Ihuriro AFC/M23 ryahagaritse igitero imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ishyigikiwe (…)

Kigali: Utubari 200 tutubahiriza amabwiriza twahanishijwe ibirimo gufungwa

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali basanze utubari 206 tutubahiriza (…)

U Bushinwa: Sosiyete zirenga 200 zigiye kumurikirwa amahirwe y’ishoramari ari mu Rwanda

Sosiyete zirenga 200 zo mu nzego zitandukanye mu Bushinwa, zigiye kwitabira gahunda ya “Meet (…)

USA: Dosiye y’urupfu rwa Martin Luther King yashyizwe hanze nyuma y’imyaka 57 yishwe

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwashyize hanze dosiye igizwe na paji ibihumbi 240 zerekeye (…)

Imbunda ibihumbi 12 na toni 500 z’ibisasu byarasenywe: Ibyihariye ku kurwanya intwaro nto mu Rwanda

Akarere k’Ibiyaga bigari u Rwanda ruherereyemo karimo imitwe yitwaje intwaro irenga 250 (…)

RDB yafunze hoteli Château le Marara

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko kuva ku wa 22 Nyakanga 2025, ibikorwa bya (…)

Ni ryari RDC na AFC/M23 bizagirana amasezerano y’amahoro?

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 bishobora gusinya (…)

RMC yatorewe guhagararira EAC mu muryango w’inzego z’itangazamakuru zigenga muri Afurika

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda [Rwanda Media Commission], rwahawe umwanya wo (…)

Ellen DeGeneres yahishuye ko yahunze Trump kubera ko aryamana n’abo bahuje igitsina

Ellen DeGeneres wamamaye mu biganiro kuri televiziyo, yashimangiye ko Perezida wa Leta Zunze (…)

Fayulu yagaragaje uko Tshisekedi yashatse guhunga ibiganiro byatangijwe na Kiliziya na Angilikani

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Nduhungirehe yanenze uwahinduye igisobanuro cy’ifoto y’intumwa z’u Rwanda n’iza RDC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze (…)

Philibert Afrika yashyizwe muri Komite Nyobozi Mpuzamahanga ya AIMS

Umunyarwanda Philibert Afrika yagizwe umwe mu bagize Komite Nyobozi mpuzamahanga y’Ikigo (…)