skol

Amakuru

RURA yafatiye MTN Rwanda ibihano

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (…)

Uganda: Yabeshye ko ari dogiteri, abaga abantu barapfa

Francis Taulula w’imyaka 27 yakatiwe gufungwa imyaka ibiri, nyuma y’uko bigaragaye ko yabeshye (…)

RIB yafunze umunyamakuru wiyitiriye umwunganizi mu mategeko

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru ukekwaho kwiyita umwunganizi mu (…)

Mutamba yasabye ko Minisitiri w’Intebe ahamagazwa mu rubanza rwe

Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Rurangirwa na Ngendahayo basabye guhagarika kandidatire ya Shema Fabrice

Rurangirwa Louis na Ngendahayo Vedaste basanzwe mu bagize Komite Nyobozi ya FERWAFA, bandikiye (…)

U Rwanda rwemeje ba Ambasaderi ba Musiri Mali, Lesotho, Georgia, …

Guverinoma y’u Rwanda yemeje abahagarariye ibihugu n’Imiryango Mpuzamahanga mu Rwanda barimo (…)

AFC/M23 yagaragaje uburyo Leta ya RDC ikomeje kurenga ku gahenge

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko (…)

FARDC yabujije abasirikare bayo gutera AFC/M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyabujije abasirikare bacyo (…)

Kubura amazi mu gihugu byatewe n’igabanyuka ry’amazi ya Nyabarongo- Dr Gasore

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeye ko mu Mpeshyi ya 2025, amazi yabuze bikabije hirya no hino (…)

Ibihugu byegereye inyanja ya Pacifique byasabwe kwitegura Tsunami nyuma y’umutingito ukaze mu Burusiya

Ibihugu bitandukanye bikora ku nyanja ya Pacifique, byasabwe kwitegura tsunami kubera umutingito (…)

Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi wahagaritse ingendo

Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange wahagaritse (…)

Ntabwo tuzicara ngo turindire ko abantu baza gukora nk’ibyo bakoze mu 1994- Minisitiri Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda (…)

U Rwanda na Brésil byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu buhinzi

Ubufatanye mu bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ni bimwe mu bikubiye mu masezerano u Rwanda (…)

Ituri: Kiliziya yafunze imiryango nyuma y’igitero cya CODECO

Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Bunia, Musenyeri Dieudonné Uringi, yafashe icyemezo cyo (…)

Ibyaha bishingiye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro abantu batitaho

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rugaragaza ko hari ibyaha bwo kwangiza ibidukikije (…)