skol

Amakuru

Umwicanyi yinjiye muri restaurant yica abantu 12 akomeretsa abandi benshi

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 07 Ugushyingo 2018,umwicanyi yinjiye muri restaurant (…)

Umugore yafashwe ku ngufu n’umusinzi bahuriye mu bwiherero bwo mu ndege

Umunyamerikakazi witwa Aubrey Lane w’imyaka 32 yareze ubuyobozi bwa kompanyi y’indege ya (…)

Ibyemezo by’ inama y’ abaminisitiri yo Ku wa 24 Ukwakira 2018

Ku wa gatatu, tariki ya 24 Ukwakira 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa (…)

Abagera kuri 40 bishwe n’ubutaka bwakushumutse muri Uganda

Abantu bagera kuri 40 bishwe n’ihirima ry’imisozi ryatewe n’imvura nyinshi yaguye ku wa Kane mu (…)

Paul Pogba yatangaje ukuri benshi batari bazi ku byerekeye imyitwarire ye nyuma y’igikombe cy’isi

Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Manchester United Paul Pogba yavuze ko byamugoye kwitwara (…)

Uganda: Umugabo wiyita Yesu n’ intumwa ze batawe muri yombi

Polisi y’iki gihugu yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa Alex Okello mu gitondo cyo (…)

Umwarimu wo muri Kaminuza yahanuye umugore we ku nzu y’igorofa rya kane

Umugore w’umunyamategeko ukomoka muri Brazil witwa Tatiane Spitzner w’imyaka 29 yahuye n’uruva (…)

Leta y’ u Rwanda yabujije abantu kurya amafi menshi yipfushije mu mugezi wa Mukungwa

Minisiteri y’ ubuhinzi n’ubworozi MINAGRI, yasabye ko abantu bakwirinda kurya ayo mafi birinda (…)

Ngoma: Umuturage yarasiwe hafi y’ urukiko nyuma yo gutanga ubuhamya yivuguruza no kubeshya amazina

Kuri uyu wa kabiri tariki 18 Nzeli 2018, ku Rukiko Rwisumbuye rwa Ngoma, harasiwe umugabo wari (…)

Umugizi wa nabi yakubitiye muri hoteli umugore amwangiza isura amuhoye ko yanze ko baryamana

Umugore witwa Emma Higginson w’imyaka 35 ukomoka mu Bwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo (…)

Gisagara: Ishyaka rimwe niryo gusa ryiyamamarije mu murenge wa Mamba

Abaturage bo mu Murenge wa Mamba wo mu karere ka Gisagara ntibagize amahirwe yo kugezwaho (…)

Minisitiri Dr Biruta yasobanuye byimbitse akamaro ibishanga bifitiye Abanyarwanda

Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Biruta Vincent yatangaje ko kugira ngo habungabungwe ibishanga neza (…)

Abana 10 biga mu mashuli abanza bafashwe bari gusambanira mu cyumba

Abana 10 biga mu mashuli abanza ku kigo cyitwa Dhawabu Primary School giherereye mu ntara ya (…)

Biratangaje:Uruhinja rwasohotse mu nda ya nyina ntirwapfa nyuma y’impanuka ikomeye yakoze [AMAFOTO]

Muri Brazil,Umwana w’uruhinja yavutse mu buryo bw’igitangaza nyuma y’aho nyina wari umutwite (…)

Umugore n’umugabo b’Abayisilamu bakorewe urugomo rurenze kubera gukekwaho gusambana batarashyingiranywe [AMAFOTO]

Umugore n’umugabo bo muri Indonesia bafashwe n’agatsiko k’abagizi ba nabi bamenwaho indobo (…)