skol

Amakuru

Icyamamare cyerekanye imyanya yacyo y’ibanga mu kiganiro cyo kuri televiziyo gikurikirwa na benshi

Umwongereza witwa Chris Hughes wamenyekanye mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na benshi (…)

Umukobwa yabyimbye umutwe ku buryo buteye ubwoba bitewe n’amavuta yakoresheje adefiriza umusatsi we [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Estelle ukomoka mu Bufaransa yahuye n’uruva gusenya ubwo yari amaze kudefiriza (…)

Rubavu : Umugore afunzwe azira gukata igitsina cy’umugabo we n’urwembe

Umugore ukomoka mu Karere ka Rubavu, ari mu maboko y’Ubugenzacyaha kuva ku wa Kabiri w’iki (…)

Kim Kardashian yavuze igihe yigeze gukoresha ibiyobyabwenge n’icyabimuteye

Umunyamideli w’icyamamare ukomoka muri USA,Kim Kardashian yatangaje ko akoresha ibiyobyabwenge (…)

Umukobwa yicishijwe inkoni azira kudashimisha umukiliya basambanaga

Umukobwa witwa Lui Yu ukomoka mu Bushinwa yishwe n’abantu bamuhaye akazi k’uburaya muri hoteli (…)

Umwana w’imyaka 16 arashinjwa gusambanya umurambo w’umukobwa yishe

Umwongereza w’imyaka 16 arashinjwa gusambanya umukobwa w’umunya Lithuania ku ngufu yarangiza (…)

Umushinwa yavumbuye urukingo ruzaha abantu ubudahangarwa bwo kutandura virusi itera SIDA

Umuhanga mu by’ubuzima witwa He Jiankui yatangaje ko yavumbuye urukingo ruzarinda abantu (…)

Abashakashatsi bavumbuye ikintu kidasanzwe ku bwonko bw’umuntu nyuma yo gupfa

Abahanga mu by’ubuzima bavumbuye ko ubwonko bw’umuntu bukomeza gukora amasegonda make nyuma yo (…)

Umugabo yatwaye igare amaze guterwa icyuma kirekire mu mutwe n’abagizi ba nabi [AMAFOTO]

Umunya Afrika y’Epfo witwa Shaun Wayne w’imyaka 34,yateye benshi ubwoba ubwo yagaragaraga mu (…)

Umugore yishe umukunzi we inyama ze azigaburira abakozi be

Umugore w’umunya Maroc arashinjwa kwica umugabo yarangiza akamubaga,inyamaze akazigaburira (…)

Umumisiyoneri yicishijwe imyambi n’abasangwabutaka yashakaga guhindura Abakiristo

Umunyamerika witwa John Allen Chau w’imyaka 27 ukomoka i Washington muri USA yahuye n’uruva (…)

Umwicanyi yinjiye mu bitaro arasa abantu babiri n’umupolisi barapfa

Umwicanyi witwaje intwaro yinjiye mu bitaro bya Chicago arasa abantu 3 barimo umupolisi,umuganga (…)

Umugore yaciye ibintu kubera ubuhamya yatanze bw’ukuntu abana nabagabo babiri mu nzu imwe [AMAFOTO]

Umugore witwa Mary Crumpton washyingiranwe n’abagabo 2 ndetse kuri ubu bakaba babana mu nzu imwe (…)

Kigali: Umugore yahanutse ku igorofa rya 10 rya Ubumwe Grand Hotel

Umugore witwa Mugege Olga ukomoka mu Burundi ariko ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi, yahanutse (…)