skol

Amakuru

Kenya: Bishop Rugagi yasengeye abantu bakira ubumuga abandi barabohoka

Umushumba w’ itorere ry’ Abacunguwe umaze kumenyekana kubera ibitangaza birimo gusengera abantu (…)

Uko ibikorwa by’amatora byagenze mu gihugu hose

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora (…)

Ubushinwa ngo burambiwe ubusabe bw’ Amerika n’ u Buyapani

Perezida w’ u Bushinwa Xi Ping Ubushinwa bwatangaje ko burambiwe ubusabe bwa Leta zunze (…)

Burundi: Ikibazo cy’ impirimbanyi y’ uburenganzira bwa muntu yatawe muri yombi ntikivugwaho rumwe

Ibyumweru birenga bibiri birashize inzego z’ umutekano mu Burundi zitaye muri yombi impirimbanyi (…)

Uganda: Umurambo w’ umukobwa wambaye ubusa wasambanyijwe ku gahato watoraguwe mu rutoki

Umurambo w’umukobwa wambaye ubusa wabonywe mu rutoki nyuma yo kuhatabwa n’abagizi ba nabi bari (…)

Perezida Mugabe yahaye muramuwe akayabo k’amadorali abaturage bicira isazi mu jisho

Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe w’imyaka 93 yatunguye muramu we ku isabukuru y’amavuko, amuha (…)

Perezida Buhari wa Nigeria byavugwaga ko yaba yarapfuye yagaragaraye mu Bwongereza

Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yagaragaye mu ifoto y’ abantu benshi bari ku meza bafata (…)

Amatora ya Perezida wa Kenya uyu mwaka arimo udushya

Muri Kanama uyu mwaka 2017 mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika birimo Kenya, u (…)

Turusha Green Party kuba Green buriya abarwanashyaka babo bazageraho baze muri RPF-Perezida Kagame

Perezida Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda yavuze ko hari igihe kizagera abarwanashyaka (…)

Umuturirwa wo mu Bwongereza wafashwe n’ inkongi ubutabazi butinda kuhagera amarira ni yose [AMAFOTO]

Umwe mu miturirwa yo mu mugi wa London wafashwe n’inkongi y’ umuriro mu gicuku cyo kuri uyu wa (…)

Kayumba Nyamwasa yambuwe sitati y’ ubuhunzi muri Afurika y’ Epfo

Urukiko rw’Ikirenga mu bujurire mu mujyi wa Bloemfontein ho muri Afurika y’Epfo rwategetse ko Lt (…)

Impunzi z’Abanyarwanda zaje kureba uko igihugu kimeze ngo zisubireyo kubwira abandi ibyo ziboneye(AMAFOTO)

Impunzi zigera ku 10 z’Abanyarwanda zaturutse mu bihugu bitandukanye, kuri uyu wa Kabiri zageze (…)

Perezida Maghufuli yirukanye abakozi ba Leta ibihumbi 10 avuga ko ari abajura

Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, yirukanye abakozi 10000 avuga ko bafite ibyangombwa (…)

Umusore watemye DASSO yarashwe agerageza gutoroka ahita apfa

Polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe yarashe umusore witwa (…)