Uwahoze ari minisitiri w’umutekano w’imbere Bwongereza, Ken Clarke, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda igomba ’guhabwa amahirwe’ yo guca ubwato bwambukiranya...
Abatuye muri Repubulika ya Centrafrica bazindukiye mu matora ya kamarampaka agamije kongera umubare wa manda Umukuru w’Igihugu yemerewe kuyobora, no kuvana uburebure bwa manda ku myaka itanu...
Sgt Maj Kabera Robert usigaye ubarizwa mu Gihugu cya Uganda aho yatorokeye mu mpera za 2020, akimara kubona ko RDF yatangiye kumukoraho iperereza ku byaha byo gusambanya umwana we , yahishuye...
Umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yatangaje ko imiryango 3131 ituye ahantu hashyira ubuzima bwayo mu kaga ku buryo ari ngombwa cyane ko yimuka cyangwa ikimurwa ukwezi kwa Nzeri 2023...
Yevgeny Prigozhin yapfuye ku wa Gatatu,tariki ya 23 Kanama,nyuma y’amezi abiri we n’umutwe ayoboye bivumbuye kuri Leta y’u Burusiya ndetse bayitangizaho ibitero nubwo nyuma byaje...
Umukinnyi w’Umunyarwanda, Noam Emeran, yatangaje ko yavuye mu ikipe y’igihangange mu Bwongereza, Manchester United, kugira ngo abone umwanya uhoraho wo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden akomeje kugaragazwa nk’umuntu watakarijwe icyizere mu ishyaka rye ry’aba-democrates, mu gihe yiteguye guhatanira manda ya kabiri mu matora...
Ikipe ya Pyramids FC yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi izazana i Kigali gukina na APR FC mu gushaka itike y’amatsinda y’irushanwa nyafurika rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo,biganjemo amazina...
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro za Gen (Rtd) James Kabarebe uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga na Francis Gatare...
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko hari amahanga ari gutanga abakandida ngo baziyamamarire umwanya wo kuyobora iki...
Umunyapolitiki akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Dr Denis Mukwege yakije umuriro kuri Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, wamwise umukandida...
Abayobozi ba APR FC barimo Chaiman wayo, Lt Col Richard Karasira na Uwayezu François Régis umwungirije, bakoze inama nto ku Mutoza Thierry Froger Christian nyuma y’uko iyi Kipe y’Ingabo inganyije na...
Minisitiri w’Itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba n’Umuvugizi wa Guverinoma y’icyo gihugu, yemeje ko abenshi mu baturage b’iki gihugu bifuza ko cyajya mu...
Guhera ku mugoroba wo ku wa 29 Ukwkira 2023, ku mbuga nkoranyambaga ni ibicika nyuma y’uko Junior Rumaga asohoye amafoto agaragaza Bahali Ruth atwite bagaca amarenga ko baba bagiye...
Umunya Sudani,Sharaf Eldin Shiboub Ali Abdelrahman,ntiyagaragaye ku mukino ikipe ye ya APR FC yakinnyemo na Rayon Sports kandi ameze neza ndetse ngo n’ikibazo cy’umutoza...
Umuraperi ukomoka muri Nigeria witwa Phenom yatangaje ko ahora yicuza cyane kuba ataremeye gukorana na Wizkid n’ubwo mu masezerano y’ibyo yamubwiraga azamugezaho nta kintu cyari...
ONU irimo gushakisha uburyo bwo guhungisha abari mu bitaro Al Shifa mu ntara ya Gaza, ariko nta mahitamo ahagije ahari, bitewe n’umutekano muke n’ibura ry’ibikoresho.
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi waburiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko ingufu za gisirikare iri gukoresha kuri M23 ntacyo zizageraho.