Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyanza yafatiye ibiro bigera kuri 80 by’urumogi mu bikorwa byo kurwanya icuruzwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge mu...
Umutoni Uwase Belinda umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w u Rwanda 2017 yibarutse impanga nyuma y’amezi agera kuri ane arushinganye na Gakire Theos nyiri Select Kalaos.
Ku wa...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben amaze muri Dominican Republic, iki kiba ari igihugu giherereye muri Amerika y’amajyepfo mu birwa bya Carayibe na Pacifika.
Amafoto ari...
Tariki 23 Mutarama mu turere twa Rubavu na Gisagara hafatiwe abantu bane, aba bakaba barafashwe n’inzego z’umutekano ubwo barimo kwinjiza mu gihugu imyenda ya caguwa ingana n’amabalo 12....
Muri gahunda zo kongera ubuso buteweho amashyamba hagamijwe kongerwa amashyamba ku misozi iri mu gihugu, Polisi y’u Rwanda iratangaza ko igatanyije n’abafatanyabikorwa bayo ifite gahunda yo gutera...
Umurundikazi wakoreraga umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Sudan yavuze uko yirukanywe ku kazi yaramazemo imyaka ine. Uyu mugore ashimangira ko ibyo kumwirukana ku kazi yabibwiwe na Bishop Rugagi...
Sindayigaya Marcellin w’imyaka 37 wo mu murenge wa Shyogwe muri iri joro yatemye umwe mu bantu babiri bari baje gutema ibitoki bye amutsinda aho, undi barikumwe na we arirukanka, Polisi iravuga ko...
Ku cyumweru tariki ya 24 Ukuboza 2017 nibwo umuraperi Hakizimana Aman [Ama G The Black] yasabye anakwa umukunzi we Uwase Liliane bamaranye umwaka urenga mu rukundo.
Umuhango wo gusaba no gukwa...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Blacy yasabye anakwa umukunzi we Uwase Liliane bamaranye umwaka mu rukundo.Uyu muhango wabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu karere ka Kamonyi ahazwi...
Kiwanuka Marc, umwalimu mu ishuli ribanza rya Gishamvu arakewaho kwiba itoroshi ndetse na telefoni byari bicometse mu nzu y’uwitwa Habineza Joseph nyuma y’aho ku mugoroba wo muri iri joro ryakeye...
Ku gicamunsi cyo ku wa mbere tariki 18 Ukuboza uyu mwaka, Polisi mu karere ka Muhanga yafashe abagabo batatu barimo gucukura Kolta (Coltan) mu buryo butubahirije amategeko.
Abafashwe ni Kwizera...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza 017 Urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo , rwemeje ko Philbert Mugisha wayoboraga Akarere ka Nyamagabe arekurwa.
Kuwa 17 Ugushyingo...
Inzego zibanze zo zifatanyije na Polisi y’igihugu bari gushakisha umukecuru witwa Ntamugize Eugenie uri mu kigero cy’imyaka 67 aho akurikiranyweho gutwika umwana uri mu kigero cy’imyaka irindwi ku...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Back yasezeranye imbere y’amategeko y’u Rwanda n’umukunzi mushya,Uwase Liliane bamaranye imyaka ibiri mu rukundo.
Ni mu muhango wabereye mu...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Musambira ifatanyije n’abayobozi b’inzego z’ibanze bari gushakisha umugabo bivugwa ko yari umupfumu akaba akekwaho icyaha cyo gusambanya...
Ubuyobozi bwa Rwanda Insipiration Backup , kompanyi itegura irushanwa rya Miss Rwanda kuva 2014 batangaje ibyavuguruwe mu irushanwa rya Miss Rwanda.
Ni mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Ukuboza 2017 nibwo abaturanyi basanze Emilienne Uzamukunda wari incike ya Jenoside yakorewe Abatutsi wibanaga yishwe atemaguwe.
Ibi byabereye mu...
Abatunze imbwa baributswa gufata ingamba zo kuzirinda kuzerera ku gasozi kugira ngo hirindwe kuba hagira umuntu cyangwa itungo zirya, ndetse no kuba zabangamira ituze rya rubanda mu buryo bumwe...
Muri iyi minsi hari kuba CECAFA ihuza ibihugu iri kuba ku nshuro ya 39 aho ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutera intambwe iyisohora muri iri rushanwa yitabiriye mu rwego rwo kwitegura imikino ya...
Urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa RCS rwanyomoje amakuru avuga ko Dr Leon Mugesera ufungiye ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi yarembye agatereranwa na Leta y’ u Rwanda,...