skol

Amakuru

Keisha yagizwe Umuyobozi wa USAID mu Rwanda, asabwa kurufasha kwihutisha iterambere

Keisha Effiom kuri uyu wa 18 Nyakanga 2024 yarahiriye kuyobora Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za (…)

Lubero: urubyiruko rwo mu murenge wa Bapere rurasabwa kutitambika imodoka za gisirikare za Uganda

Ku wa kane tariki ya 18 Nyakanga, umuyobozi w’umurenge wa Bapère, agace ka Lubero muri Kivu (…)

Sheikh Tamim bin Hamad wa Qatar na Mottley wa Barbados bavuze ku ntsinzi ya Kagame

Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani na Minisitiri w’Intebe w’Ibirwa (…)

Bitabiriye inama y’Aba-Republicains bipfutse amatwi mu kwifatanya na Trump

Abashyigikiye umunyapolitiki Donald Trump bashyize ibipfuko ku matwi y’iburyo mu rwego rwo (…)

Donald Trump yashimye Imana nyuma yo guhushwa n’umwicanyi

Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashimye Imana ko agihumeka nyuma (…)

Kenya: Igipolisi Cyaburijemo Imyigaragambyo Yari Iteganijwe mu Mujyi Nairobi

Igiporisi cya Kenya cyahagaritse imyigaragambyo yari iteganijwe kubera hagati ku murwa mukuru (…)

Kenya: Polisi yaciye imyigaragambyo mu murwa mukuru kugeza ku mabwiriza mashya

Igipolisi cya Kenya cyahagaritse imyigaragambyo rwagati mu murwa mukuru wa Nairobi kugeza igihe (…)

Dore abandi baperezida n’abakandida bagabweho ibitero nka Donald Trump

Nyuma y’imyaka 19, kuri uyu wa 13 Nyakanaga 2024 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hongeye (…)

Hakozwe imashini itangaje igiye kujya ifasha abantu gupfa mu gihe gito cyane kandi batababaye na gato

Umunya-Australia Dr. Philip Nitschke, wahimbwe izina rya Dr. Death [Rupfu], arateganya gushyira (…)

Perezida Kagame niwe warangiye ALU umwubatsi ubwo yari igiye gushinga Icyicaro mu Rwanda

Fred Swaninka watangije Kaminuza Mpuzamahanga ya African Leadership University (ALU), yavuze ko (…)

Green Party yatangaje ibyo izamurikira amanyarwanda ibasaba amajwi mu matora yo muri Nyakanga

Ishyaka rya DGPR Green Party ryateranye ryemeza imigabo n’imigambi (Manifesto 2024-2029) (…)

Rubavu: Umukozi wa Ritco yagonze mugenzi we ahita apfa

Imodoka y’ikigo gitwara abagenzi ya, Ritco yagongeye umukozi wacyo wakataga amatike muri Gare ya (…)

Rutsiro: Umusore w’imyaka 18 yapfiriye mu Kivu

Bikorimana Emmanuel w’imyaka 18 wo mu Karere ka Rutsiro yarohamye mu kiyaga cya Kivu, ubwo (…)

Tanzania: Umunyeshuri yiyahuye kubera gutinya ibihano bya Mwarimu

Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa karindwi w’amashuri abanza muri Tanzania, ku ishuri ribanza rya (…)

Amashyaka PL na PSD yongeye gutega lifuti mu matora y’Umukuru w’Igihugu

Abo mu mashyaka PL na PSD bemeje ko mu matora ya Perezida wa Repubulika azaba muri Nyakanga (…)