skol

Amakuru

RDC yahakanye gufata nabi abafungiwe muri gereza ya Makala

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yavuze ko (…)

Perezida Kagame yafashe mu mugongo Abanya-Ethiopia bibasiwe n’inkangu

Perezida Kagame yafashe mu mugongo abaturage ba Ethiopia nyuma y’aho bibasiwe n’inkangu zimaze (…)

USA: Polisi yataye muri yombi abagera kuri 200 bamagana uruzinduko rwa Netanyahu

Polisi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataye muri yombi abantu bagera kuri 200 kubera (…)

Perezida Xi Jinping yoherereje Kagame ubutumwa bumushimira

Perezida Xi Jinping yoherereje Kagame ubutumwa bumushimira, nyuma yo kongera gutorerwa gukomeza (…)

Umuyobozi w’Urwego rurinda abayobozi bakuru ba Amerika yemeye amakosa yatumye Trump araswa

Umuyobozi w’Urwego rushinzwe kurinda Abayobozi bakuru ba Amerika ndetse n’ab’ibindi bihugu (…)

Burundi: Batatu bapfiriye mu mirwano y’abapfaga umukobwa

Ku mugoroba wo ku Cyumweru Tariki 21 Nyakanga 2024, nibwo habaye imirwano yapfiriyemo abantu (…)

Kampala: Imyigaragambyo yatangiye, aba mbere batabwa muri yombi

Abanya-Uganda biganjemo urubyiruko mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 batangiye (…)

Kenya: Igipolisi cyahaye gasopo abateganya kwigaragambiriza ahantu harinzwe

Abigaragambya muri Kenya bahawe gasopo ko batagomba kwibeshya ngo bigaragambirize ahantu (…)

Urujijo ku mishyikirano ya M23 na RDC i Kampala itavugwaho rumwe

Guhera kuri uyu wa 22 Nyakanga 2024, ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko i Kampala muri (…)

U Burundi buravuga ko bwavumbuye amabuye y’agaciro azabutunga kugeza ku mperuka

U Burundi bumaze amezi buhura n’ikibazo gikomeye cy’ubukungu n’imibereho, cyaranzwe cyane cyane (…)

Perezida Joe Biden yikuye mu matora y’ubutaha

Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 21 Nyakanga 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za (…)

Umusirikari wo muri Afurika y’Epfo yiciwe i Goma

Umusirikare wo muri Afurika y’Epfo wari waraje mu butumwa bw’amahoro gufasha ingabo za SADC mu (…)

Odinga yahakanye gukoreshwa na Ruto, ahishura ko yiteguye guhara kandidatire ye muri AU

Raila Odinga yatangaje ko yiteguye guhagarika kandidatire ye ku mwanya w’Umuyobozi wa Komisiyo (…)

Urubyiruko rw’abakorerabushake rwahize kumvana imitsi na M23

Urubyiruko rw’abakorerabushake rw’i Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru rwiyemeje gufata (…)

Ni ugukina n’umuriro- Perezida Museveni yaburiye urubyiruko rwa Uganda rwifuza kwigaragambya

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yaburiye urubyiruko ruri gutegura imyigaragambyo yo (…)