skol

Imyidagaduro

Ni Imana yacyinze akaboko ! Alliah Cool yarokotse impanuka yaguyemo abantu 2

Impanuka ikomeye yabere mu karere ka Rubavu ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 27 (…)

Akanyamuneza nikose ! Ubwiza bwa Miss Elsa witegura kurushinga bwongeye kuvugisha benshi [AMAFOTO]

Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2017 uri mu myiteguro y’ubukwe na (…)

Ihere ijisho amafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda yabiciye bigacika kuri Instagram muri iki cyumweru[AMAFOTO]

Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika (…)

Saidi Brazza yitabye Imana

Umuhanzi wamenyekanye i Burundi mu njyana ya Reggae, Saidi Brazza yitabye Imana azize uburwayi.

Indirimbo y’umuhanzi Rema yatumye agirwa icyamare muri muzika ku Isi

Indirimbo Y’umuhanzi Rema ’Calm Down’ yageze ku mwanya utaragezweho n’indi ndirimbo y’umuhanzi (…)

Nick Cannon yavuze imyato Mariah Carey wahoze ari umugore we

Nick Cannon uzwiho kugira abana benshi ku bagore batandukanye yavuze imyato Mariah Carey wahoze (…)

Miss Hanah Tumukunde wegukanye ikamba rya miss Uganda 2023 yakuyeho urujijo kubamwita umunyarwandakazi

Miss Hanah Karema Tumukunde uherutse kwegukana ikamba rya nyampinga wa Uganda 2023 , yakuyeho (…)

Umunya-Ukraine ufatwa nk’uwambere ufite amatama manini ku Isi akomeje gutangaza benshi[AMAFOTO]

Umunyamideli ufite "umusaya munini ku Isi" yashyize ahagaragara andi mafoto agaragaza uko (…)

Nyuma y’impanuka ikomeye! Mama Nick agiye kubagwa

Umukinnyi wa firime MuKamanzi Beatha uzwi nka Mama Nick muri firime y’uruhererekane ya City Maid (…)

Umuraperi Tekashi 6ix9ine arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa akagirwa intere

Umuraperi Daniel Hernandezwamenyekanye nka Tekashi 6ix9ine womuri Leta z’unze ubumwe z’America (…)

Hatangajwe ibihembo bizahabwa umukobwa uzegukana ikamba rya Miss Burundi 2023

I Burundi hatangijwe irushanwa ry’umukobwa uhiga abandi mu bwenge,ubwiza ndetse n’umuco (…)

Bwa mbere Meddy yerekanye usura y’umwana we izamura amarangamutima ya benshi[AMAFOTO]

Umuririmbyi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy n’umugore we Mimi Mehfira berekanye neza isura (…)

Abategura irushanwa rya Miss Uganda bakomeje kotswa igitutu n’abafana b’uwabaye igisonga cya mbere

Nyuma yo gutora nyampinga wa Uganda 2023 , abategura irushanwa rya Miss Uganda bakomeje kotswa (…)

Umukinnyi wa Filime wakunzwe na benshi Paul Grant yitabye Imana

Paul Grant wakunzwe muri Filime zitandukanye zirimo ‘Harry Potter’ yitabye Imana ku myaka 56.

Miss Muyango yakorewe ibirori byagatangaza [Amafoto]

Miss Uwase Muyango uri mubanyamidelikazi bakunzwe nabatari bacye mu Rwanda ,yakorewe ibirori (…)