skol

Imyidagaduro

Justin Bieber yongeye guhagarika ibitaramo bye mu buryo butunguranye

Umuhanzi Jusin Baiber yongeye guhagarika ibitaramo bye mu buryo butunguranye nyuma y’uburwayi (…)

Ihere ijisho uburanga bwa Raven wiyahuye, wari umukunzi wa 600 Breezy(AMAFOTO)

Raven Jackson yitabye Imana yiyahuye nyuma y’imyaka ibiri yari amaze mu rukundo n’umuraperi 600 (…)

Ni amarira! 600 Breezy yerekanye ibaruwa umukunzi we yamwandikiye mbere y’uko yiyahura

Umuraperi 600 Breezy ari mu gahinda gakomeye kubera urupfu rw’uwari umukunzi we Ravan Jackson (…)

Amashusho agaragaza Bruce Melodie asomana n’umukobwa wo muri Australia akomeje kuvugisha benshi

Amashusho agaragaza Bruce Melodie asomana n’inkumi y’uburanga isanzwe ari inshuti na Briana (…)

Rubavu:Umujura washatse gutera icyuma Abapolisi yarashwe

Mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi mu Kagari ka Kivumu Abapolisi basanze abakekwa kuba (…)

Britney Spears yavuze ko atakizera Imana nyuma y’ibyo ari gucamo

Umuhanzi Britney Spears yatunguranye ubwo yavugaga ko atakizera Imana ukundi kubera ibyo ari (…)

Naraye mbonye Imana! Muyoboke Alex ari mu mashimwe kubera impanuka ikomeye yarokotse

Muyoboke Alex uzwi mu kazi ko kureberera inyungu z’abahanzi ari mu mashimwe nyuma yo kurokoka (…)

Ndakeka ndi mu rukundo na none!Ariel Wayz yahishuye ibyiyumviro afite

Nyuma y’igihe Ariel Wayz atandukanye na Juno Kizigenza wahoze ari umukunzi we yahishuye ko (…)

Amafoto agaragaza Harry Styles asomana n’umugabo mugenzi we akomeje kuvugisha benshi(AMAFOTO)

Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa Filime wamenyekanye nka Harry Styles yongeye kuvugisha benshi (…)

Abagize itsinda rya Saut Sol bishimiye Car Free Day mu Rwanda

Abagize itsinda rya Saut Sol bakomeje kugirira ibihe byiza mu Rwanda aho bishimiye kwitabira (…)

Hamissa yahishuye impamvu yagurishije imodoka yahawe na Diamond babyaranye

Umunyamideli akaba n’umuhanzikazi muri Tanzania wamenyekanye nka Hamissa Mobetto yashishuye (…)

Zari yihanije abagore bavuga ko akundana n’umwana abyaye mu gihe bo baryamana n’abagabo bubatse

Umushabitse Zari Hassan wabyaranye na Diamond yihaniye abagore bakomeza kumuvuga bavuga ko (…)

Mutesi Jolly yagize icyo avuga ku modoka Miss Shanitah yatsindiye ariko akaba atarayibona

Nyampinga w’u Rwanda 2016 Miss Mutesi Jolly uri mu bategura irushanwa rya Miss East Africa (…)

Davido yagaragaje ko yishimiye insinzi ya Ruto ashimira abaturage ba Kenya

Umuhanzi David Adeleke wamamaye nka Davido yarase amashimwe abanyakenya batoye Perezida mushya (…)

AMAFOTO:Reba ibihe byiza byaranze ubukwe bw’umunyamakuru Uwimana Clarisse

Mu Mafoto atandukanye ihere ijisho ibihe byiza byaranze ubukwe bw’umunyamakuru Uwimana Clarisse (…)