skol

Amakuru

Gen Makenga yashimangiye ko ashaka gukura Tshisekedi ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira (…)

Iyi nzira y’amahoro igomba gutanga umusaruro - U Rwanda nyuma y’ukwinangira kwa RDC

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko urugendo ruganisha ku mahoro u (…)

Urubyiruko rw’Abanyarwanda batuye muri Afurika y’Epfo ruteraniye i Kigali

Urubyiruko rw’Abanyarwanda batuye muri Afurika y’Epfo, ruri i Kigali mu rugendo rw’iminsi 10 (…)

Rubavu: Polisi yafunze babiri bakekwaho kwigana amafaranga no gutuburira abaturage

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yafashe abantu babiri kakweho kwigana amafaranga, (…)

Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje uko kamere ya Tshisekedi yongeye kudobya gahunda y’amahoro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko (…)

Visi Perezida wa Etincelles FC yeguye, avuga ko yananijwe

Singirankabo Rwezambuga Dépite wari Visi Perezida wa Etincelles FC ushinzwe Tekinike, yeguye ku (…)

Rubavu: Yafashwe amaze kwiba umukobwa 120 000 Frw kuri MoMo

Niyonizeye Emmanuel w’imyaka 23 uvuga ko ari uwo mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali (…)

Muhanga: Batatu bafatanywe urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga yafashe abagabo babiri n’umugore umwe bakekwaho (…)

Perezida Trump yategetse ko abatwika ibendera rya Amerika bafungwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuntu wese uzongera (…)

Kayonza: Urujijo mu rupfu rw’umusore w’imyaka 19 wasanzwe mu cyuzi

Inzego bireba mu Karere ka Kayonza, zatangiye iperereza ku cyishe umusore w’imyaka 19 wasanzwe (…)

Bwa mbere mu Buyapani hashobora kuboneka Minisitiri w’Intebe w’umugore

Sanae Takaichi yatorewe kuyobora Ishyaka riri ku butegetsi mu Buyapani, Liberal Democratic Party (…)

U Rwanda rugiye kwakira Inama Mpuzamahanga yiga ku buzima bwo mu mutwe

U Rwanda ruzakira Inama Mpuzamahanga y’Abaminisitiri b’Ubuzima ku rwego rw’Isi yiga ku buzima (…)

RDC yigometse kuri Amerika, yanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubukungu

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 3 Ukwakira 2025 bwigometse kuri (…)

No mu myaka 100, tuzaba tugitanga ubuhamya: Ubutumwa bw’uwarokotse jenoside mu rubanza rwa Munyemana

Umutangabuhamya mu rubanza rwa Dr. Munyemana Sosthène wahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe (…)

Abanyarwanda barashukwa bakaza mu Bushinwa bakisanga mu bucakara- Amb. Kimonyo

Ubusanzwe mu Bushinwa haba Abanyarwanda bari hagati ya 1000 na 1200 ariko hari bamwe muri bo (…)