skol

Amakuru

Kigali itoshye mu byishimiwe n’Igikomangoma Albert II wa Monaco

Igikomangoma Albert II wa Monaco wanitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye i Kigali (…)

Minisitiri Nduhungirehe yizeye ko u Rwanda rutazasabwa guha inzira abandi bacanshuro bari muri RDC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u (…)

Rutsiro: Imiryango irenga 400 yasenyewe n’ibiza iri kubakirwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko buri kubakira imiryango 434 mu miryango irenga 700 (…)

Buri Munyarwanda muri batanu bafungiwe muri Niger ahabwa arenga miliyoni 14 Frw ku mwaka

Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) ruha (…)

Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA Clippers na Los Angeles Rams zo muri Amerika

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA (…)

Perezida Macron yamaganye abakomeje kwibasira umucamanza wakatiye Sarkozy gufungwa

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yamaganye bikomeye abibasiye umucamanza wakatiye (…)

Isatura yakomerekeje uwahiraga ubwatsi hafi ya Pariki ya Nyungwe

Musabyimana Vincent w’imyaka 54 wo mu Karere ka Karongi arembeye mu Bitaro bya Mugonero nyuma yo (…)

Rusizi: Abagore 2 bafungiwe kwiba mu ngo binjiragamo nk’abasabiriza

Mukarishiri Damarisi na Nyirangirimana Patricie batawe muri yombi nyuma yo gutahura ko bitwagaza (…)

Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare

Umuhanzikazi Khadja Nin witabiriye shampiyona y’Isi y’amagare yari imaze iminsi ibera mu Mujyi (…)

Uganda: Abangavu barenga 78% bakoze imibonano mpuzabitsina

Raporo y’uko ubuzima buhagaze muri Uganda, yagaragaje ko 78% by’abana b’abakobwa bari munsi (…)

Inteko y’Umuco igiye gutangiza amarushanwa yo gukina igisoro

Inteko y’Umuco yatangaje ko igiye gushaka abafatanyabikorwa bayifasha gutangiza amarushanwa yo (…)

Abapfuye biyongereye baba bane mu gitero cyo kurasa no gutwika mu rusengero rw’i Michigan

Polisi ivuga ko abantu nibura bane bishwe naho abandi umunani barakomereka, nyuma yuko umugabo (…)

Perezida Kagame yahawe umukandara wa “champion” mu Iteramakofe

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n’umukinnyi w’iteramakofe wabigize (…)

Uganda: Umunyamakuru ari mu mazi abira ashinjwa kubeshya Perezida Museveni

Umunyamakuru David Mwesigwa wa Galaxy TV muri Uganda ari mu mazi abira nyuma y’aho mu cyumweru (…)

Ariana Grande yongeye kugaragaza ko adashyigikiye imiyoborere ya Trump

Umuririmbyi Ariana Grande yongeye kugaragaza ko atishimira ubuyobozi bwa Donald Trump, anibaza (…)