skol

Amakuru

Muhanga: Aborozi bahendwa n’ibiryo by’amafi bagura Iburasirazuba

Abarozi b’amafi bibumbiye muri Koperative y’Ifi ya Gikeri (KOFIGI) mu Karere ka Muhanga mu (…)

Ibikorwa byo gusenya FDLR bishobora gutangira mu Ukwakira 2025

Urwego ruhuriweho rushinzwe gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na (…)

Perezida Kagame yashimangiye ko abumva ko u Rwanda rutakwakira ibikorwa bikomeye basizwe n’amateka

Perezida Paul Kagame, yavuze ko abumva ko igihugu nk’u Rwanda kidashobora kwakira ibikorwa (…)

Perezida wa Brésil yasabye Trump kwitwara nk’umuntu ufite inshingano

Perezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, (…)

Boris Johnson yasabye Guverinoma y’u Bwongereza gusubizaho gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda

Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yasabye Guverinoma y’icyo gihugu (…)

Uganda: Bobi Wine na Gen Mugisha Muntu batanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi na Gen Muntu Mugisha (…)

U Rwanda rwashimye ubwitabire bw’abafana muri Shampiyona y’Isi y’Amagare

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye uko Abanyarwanda bari kwitabira gukurikirana (…)

Rubio yagaragaje uburyarya bw’Abanyaburayi basaba Amerika guhana u Burusiya bo bakajya guhahayo

Umunyamabanga wa Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yashinje Abanyaburayi kugira (…)

Malawi: Mutharika wahoze ari Perezida mu nzira imusubiza ubutegetsi

Peter Mutharika wabaye Perezida wa Malawi akomeje guhabwa amahirwe yo gutsinda amatora aherutse (…)

USA: Uwabaye umudepite yashinje igihugu cye gushaka gusahura umutungo w’u Burusiya

Cynthia McKinney wahoze ari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za (…)

Rubavu: Umwarimu afunzwe akekwaho gutekera imitwe ababyeyi n’abo bakorana

Umwarimu wo mu Karere ka Rubavu, wigisha mu ishuri ribanza rya Kinyanzovu akurikiranyweho (…)

République dominicaine: Hafashwe ibiro 1000 bya cocaine

République dominicaine yatangaje ko Ingabo zayo zifatanyije n’iza Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Perezida Macron yahagaritswe mu mihanda y’i New York, atakira Trump kuri telefoni

Umunyarwanda yarihoreye ati “Inkoko iri iwabo ishonda umukara!” Iyo uyu mugani uba ucibwa mu (…)

Umwana w’imyaka 13 yavuye muri Afghanistan agera mu Buhinde yihishe mu mapine y’indege

Umwana w’umuhungu w’imyaka 13 yavuye muri Afghanistan aho akomoka, agera ku kibuga cy’indege cya (…)

Nyamasheke: Inzu n’igikoni byahiye bikongokana n’imyaka yo mu murima

Dusabeyezu Callixte wo mu Mudugudu wa Nyarusange, Akagari ka Mwezi, Umurenge wa Karengera, (…)