skol

Amakuru

U Bwongereza bwaburiye Israel kutiyomekaho ibice bya Palestine

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu Bwongereza, Yvette Cooper, yatangaje ko yamenyesheje mugenzi (…)

AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye

Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bafashe Umujyi wa Nzibira uherereye muri Teritwari ya Walungu muri (…)

Musanze: Yasanzwe yapfuye munsi y’ikiraro gikunze guteza impanuka

Ngendahimana John w’imyaka 65 yasanzwe yapfiriye munsi y’ikiraro cyo mu Mudugudu wa Mukinga, (…)

Nyamasheke: Umukwe yahindutse umutekamitwe ku munsi w’ubukwe bitera ababyeyi b’umukobwa ikimwaro

Umukobwa wo mu Murenge wa Nyabitekeri n’umuryango we bari mu gahinda nyuma yo gutegereza umusore (…)

Perezida Kagame yasuye umuhanda wa Formula 1 muri Azerbaijan

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, uri mu ruzinduko muri Azerbaijan, yasuye umuhanda uberamo (…)

Nyamagabe: Batatu batawe muri yombi bazira gusenyera umwisengeneza wabo

Abagore batatu bavukana bo mu Karere ka Nyamagabe, batawe muri yombi bazira gusenya inzu (…)

Ikinyoma cya Jenoside ikorerwa Abahutu mu mpamba Tshisekedi yajyanye i New York

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yageze i New York (…)

Perezida wa Azerbaijan ntiyumva uko bafite umunyeshuri umwe w’Umunyarwanda gusa

Perezida wa Azerbaijan, Ilham Aliyev yasabye ko imibare y’abanyeshuri b’Abanyarwanda biga muri (…)

U Rwanda rwasobanuye iby’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe gukurikirana Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagar

Hashize iminsi ibiri bimwe mu binyamakuru by’i Burayi ndetse no ku mbuga nkoranyambaga, havugwa (…)

Estonia ihangayikishijwe n’indege z’igisirikare cy’u Burusiya zavogereye ikirere cyayo

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Estonia yatangaje ko hari indege eshatu z’igisirikare cy’u (…)

Abanyarwanda barabikoreye- Yolande Makolo ku kwakira Shampiyona y’Isi y’amagare

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko kuba u Rwanda rugiye kwakira (…)

Perezida Kagame yakiriwe ku meza na mugenzi we wa Azerbaijan

Ku wa Gatandatu tariki 20 Nzeri 2025, Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko rw’akazi muri (…)

Isoko nyambukiranyamipaka rya Rusizi I ryatangiye kwangirika

Isoko nyambukiranyamipaka rya Rusizi I rimaze imyaka 6 ryarabuze abarikoreramo ryatangiye (…)

U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi

Guverinoma y’u Rwanda yashyize umukono ku masezerano y’ubufatatanye na Brésil mu bijyanye no (…)