skol

Amakuru

MINEDUC yagaragaje ibizakorwa ku banyeshuri bo muri Kigali bazamara icyumweru batiga

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko mu Mujyi wa Kigali, abanyeshuri bazahagarika amasomo (…)

U Rwanda rwashyize inkunga mu kigega gishya gifasha IOM kuzuza inshingano

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe abimukira (IOM) ryatangaje ko u Rwanda rwinjiye mu (…)

NAEB igiye guhagarika ifumbire yahaga abahinzi ba kawa ku buntu

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) (…)

U Burundi bwafunze Umunyarwanda n’Abarundi batatu bari bavuye mu Rwanda

Urwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza (SNR) mu mpera z’ukwezi gushize rwataye muri yombi (…)

Perezida Trump agiye kurega ikinyamakuru

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kurega ikinyamakuru (…)

AFC/M23 ihamya ko abasirikare ba FARDC na Wazalendo bayiyunzeho ku bushake

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko (…)

DRC – Abadepite bafatanye mu mihogo, bamwe ntibashaka Vital Kamerhe

Abadepite mu nteko ya Congo Kinshasa, nyuma yo guterana amagambo kuri camera, uruhande (…)

Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

Ikubuga cy’Indege Mpuzamahanga cyitiriwe Melchior Ndadaye kiri i Bujumbura mu Burundi, cyamaze (…)

Trump na Xi Jinping bagiye kuganira ku mwanzuro wa nyuma ku kibazo cya Tik Tok

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na mugenzi we w’u Bushinwa Xi Jinping, (…)

Choplife ya Mr Eazi imaze gusora miliyari 17 Frw mu Rwanda

Umuhanzi Mr Eazi washinze Sosiyete y’Imikino y’Amahirwe "Choplife", yagaragaje ko imaze gutanga (…)

Abanyamulenge bari hagati nk’ururimi muri Uvira-HRW

Ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), ryasabye Leta ya RD (…)

Amarushanwa ya Youth Connekt 2025 yatangiye

Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yatangiye gushaka urubyiruko ruzitabira (…)

Ingo zigerwaho n’amashanyarazi zigeze kuri 85%, ibiciro bigiye kuvugururwa

Nyuma yo gusuzuma intambwe imaze guterwa mu kwihaza ku mashanyarazi, Guverinoma y’u Rwanda (…)

Israel: Netanyahu yateye utwatsi ibyo guhagarika kugaba ibitero ku bayobozi ba Hamas

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko atazigera ahagarika kugaba (…)

Zambia: Babiri bafungiwe kugerageza kuroga Perezida Hichilema

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abantu babiri igifungo cy’imyaka ibiri nyuma yo kubahamya (…)