skol

Amakuru

Ushinjwa kwica Charlie Kirk yafashwe

Tyler Robinson w’Imyaka 22 ucyekwaho kwica Charlie Kirk yafashwe nyuma y’uko umubyeyi we (…)

Leta ya RDC yasubijwe amafaranga yari yaranyerejwe na Mutamba

Rawbank yamenyesheje Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira (…)

Gatsibo: Yatawe muri yombi azira gutema insina 100 za mugenzi we bashwaniye mu kabari

Yasuwe : Yavuzweho: Inzego z’umutekano mu Karere ka Gatsibo, zataye muri yombi umugabo (…)

Tshisekedi azemera kubarara imbere ya Wazalendo muri Uvira?

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari mu rujijo, ntaramenya (…)

Biniam, Henok na Kudus mu bo Eritrea izifashisha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare

Biniam Girmay, Henok Mulubrhan na Merhawi Kudus bari mu bakinnyi batandatu bagize Ikipe (…)

Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu cyabo rizahabwa (…)

Kigali: Umwe mu bagaragaye batema umuturage yafashwe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusore umwe muri batatu bagaragaye mu mashusho (…)

Sudani y’Epfo: Visi Perezida yashinjwe kwicisha abarenga 250

Guverinoma ya Sudani y’Epfo yashinje Visi Perezida w’igihugu, Riek Machar gutanga amabwiriza yo (…)

Kinshasa: Abakozi bashinjwa guheza indege ya Tshisekedi mu kirere bafunzwe

Abashinzwe umutekano baraye bafunze abakozi benshi bo ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya (…)

Ruracyageretse hagati ya Afurika y’Epfo na Israel ishinja gukora jenoside muri Gaza

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko izakomeza gusaba urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (…)

Amerika yahize kwica uwarashe Charlie Kirk

Guverineri wa Leta ya Utah muri Amerika, Spencer Cox yatangaje ko uwarashe Charlie Kirk (…)

Amakuru arambuye ku bukwe bwahindutse agahinda habura amasaha ngo butahe

Umusore n’inkumi bo mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, bagombaga gukora ubukwe, (…)

Nagy wabaye umudipolomate wa Amerika yasabye Tshisekedi gusura uburasirazuba bwa RDC

Tibor Nagy wabaye Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na (…)

MININFRA yijeje gukemura burundu ibura ry’amazi mu myaka 2

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA) yatangaje ko mu myaka ibiri iri imbere ikibazo cy’ibura (…)