skol

Amakuru

Israel yongeye kurasa muri Syria

Ingabo za Israel zemeje ko zagabye ibitero bikomeye mu Murwa Mukuru wa Syria, Damascus, hafi (…)

SADC yemeje ko ingabo zayo ziri kuva muri RDC

Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) wemeje ko ingabo zawo zari zimaze umwaka n’igice mu (…)

Intasikazi y’u Burundi yafashwe mpiri na Twirwaneho

Umusirikarekazi w’u Burundi wo mu mutwe w’ingabo z’iki gihugu ushinzwe ubutasi bwa gisirikare, (…)

Sudani: Ingoro ya Perezida yarashweho amabombe

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, ibisasu bya rutura biturutse mu mutwe wa Rapid (…)

Lamine Yamal akomeje kwiharira imitwe y’ibinyamakuru kubera uduhigo

Mu gihe isi y’umupira w’amaguru ikomeje gushakisha abazasimbura Lionel Messi na Cristiano (…)

Hagaragajwe ko Amerika iri gusaba ibiganiro n’u Bushinwa

Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyizeho umusoro wa 145% ku bicuruzwa bituruka mu (…)

RIB yataye muri yombi babiri bahamijwe icyaha cya Jenoside

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Murindabyuma Jean w’imyaka 48 na Shema (…)

Urukiko rwa Loni rwagaragaje ko gufungura Kabuga Félicien by’agateganyo bitakoroha

Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpuzamahanga (…)

Ibihugu bya Pakistan n’u Buhinde byongeye kurasanaho

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi, ibihugu by’u Buhinde na Pakistan byongeye guhererekanya (…)

Gaza: Ubwoba ni bwose kubera itumbagira ry’ibiciro by’ibiribwa

Abarenga miliyoni ebyiri batuye mu gace ka Gaza bari mu bibazo bikomeye byatewe n’itumbagira (…)

Ingabo zindi za SADC zirava Goma zice mu Rwanda zitaha

Izindi ngabo umuryango wa SADC wari warohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Uwari wagizwe Perezida w’agateganyo wa Korea y’Epfo nawe yeguye

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, uwari perezida w’agateganyo wa Koreya y’Epfo, Han (…)

RDC yitandukanyije na SADC ishyigikiye ubwigenge bwa Sahara Oriental

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitandukanyije n’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (…)

Kenya: Depite Charles Were yishwe arashwe i Nairobi

Umudepite wo muri Kenya mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane yarasiwe mu murwa (…)

Itangazamakuru ryashinjwe guhishira uburwayi bwa Joe Biden

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House), Karoline Leavitt, (…)