skol

Amakuru

U Rwanda rwacyuye abantu 10 bari bacurujwe muri Myanmar

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yacyuye abantu 10 bari bashutswe ko bagiye guhabwa akazi keza (…)

Polisi y’u Rwanda yasezeye abapolisi 150 baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yasezeye mu cyubahiro, abapolisi (…)

Perezida Macron yashinjwe kwivanga mu matora ya Papa

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yashinjwe kujya kubonana n’aba-Cardinal bitegura gutora (…)

Australia: Minisitiri w’Intebe Anthony Albanese yakoze ibyananiranye mu myaka 21 ishize

Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatsinze amatora yabaye ku wa 3 Gicurasi (…)

Umurinzi wa Perezida Ibrahim Traoré yahishuye uko bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase

Umwe mu basirikare bashinzwe kurinda Pereizida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yatangaje ko (…)

Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican

Perezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta (…)

Ihuriro FCC ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Kabila

Ihuriro FCC ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Ross Kana yasezeye muri 1:55AM

Ross Kana wari umwe mu bahanzi babarizwaga muri 1:55 AM Ltd yamaze kwandika urwandiko (…)

Perezida Nguema yarahiye kuyobora Gabon

Gen Brice Clotaire Oligui Nguema yarahiriye kuyobora igihugu cya Gabon, kuri uyu wa Gatandatu (…)

Amerika yemeje ubufasha burimo indege z’intambara za F-16 kuri Ukraine

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ubufasha bw’arenga miliyoni 310,5$ yo gufasha mu gusana (…)

Amerika ishobora gufatira u Burusiya ibindi bihano

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwiga ku mushinga wo kongera ibihano by’ubukungu byafatiwe u (…)

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Oligui Nguema wa Gabon

Perezida Kagame ni umwe mu bakuru b’ibihugu bitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we wa (…)

Abasirikare ba Afurika y’Epfo bakomerekeye muri RDC baracyari mu bitaro

Abasirikare bane ba Afurika y’Epfo bakomerekeye mu mirwano bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro (…)

Gucyura ingabo za SADC ziri muri RDC bishobora kumara amezi abiri

Umuvugizi w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Rear Admiral Prince Tshabalala, yatangaje ko gucyura (…)

Amategeko ya FERWAFA yahinduwe nyuma yo kutayumvikanaho

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryavuguruye amategeko agomba kwemezwa (…)