skol

Amakuru

U Burusiya bwigambye guhanura drones 500 za Ukraine

Leta y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zayo zahanuye drones zirenga 500 ingabo za Ukraine (…)

Perezida Kagame yakurikiye umukino wa Arsenal na Paris Saint-Germain

Perezida Kagame wagiriye uruzinduko mu Bufaransa, yakurikiye umukino wo kwishyura wa ½ cya UEFA (…)

Roma: Gutora Papa ku munsi wa Mbere wa matora ntibyakunze

Ku munsi wa mbere w’amatora ya Papa uzasimbura Francis nta mu cardinal waraye wemejwe, bityo (…)

U Burundi bwimye inzira abagenzi bafite pasiporo ziteyeho ‘cachet’ ya AFC/M23

Urwego rw’abinjira n’abasohoka rw’u Burundi rwimye inzira Abarundi baturutse mu Burasirazuba bwa (…)

Pakistan yahaye u Buhinde nyirantarengwa, ishyira imijyi yose mu gipimo

Ingabo za Pakistan zavuze ko zashyize imijyi myinshi yo mu Buhindi mu gipimo. Bivuze ko niba u (…)

Athens: Gen. Muganga yaganiriye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Bugereki

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), General Mubarakh Muganga, kuwa Kabiri, itariki ya 6 (…)

Jay-Z yahombejwe miliyoni 190$ n’ikirego cyo gusambanya umwana w’imyaka 13

Umuraperi akaba n’umushoramari, Jay-Z, uri mu rubanza ashinja umunyamategeko Tony Buzbee (…)

Leta ya RDC ishaka gusenya ishyaka PPRD rya Kabila

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain (…)

Igice gisoza ‘Squid Game’ kigiye kujya hanze

Filime ya Squid Game yaciye ibintu ku Isi yose igiye gusozwa n’igice cyayo cya nyuma kizajya (…)

UEFA Champions League: PSG yasezereye Arsenal isanga Inter de Milan ku mukino wa nyuma

Paris Saint-Germain yatsinze Arsenal ibitego 2-1 iyisezerera muri ½ cya UEFA Champions League ku (…)

Abasirikare 10 ba Niger baguye mu gitero cyagabwe mu Karere ka Dosso

Abasirikare bagera ku 10 barapfuye abandi barindwi barakomereka mu gitero cyagabwe mu karere ka (…)

Sosiyete z’indege zinyuranye zahagaritse igendo zica mu kirere cya Pakistan

Sosiyete z’indege zitandukanye ziri guhagarika ingendo zazo zacaga mu kirere cya Pakistan nyuma (…)

Umukire utunze imodoka 25, ibibanza, inzu zirimo etaji yafatiwe ikindi cyemezo

Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwategetse ko umugabo witwa Niyitegeka Eliezer ufite imitungo (…)

Senateri Mureshyankwano yumiwe kubera raporo y’Umujyi wa Kigali yuzuyemo ’Biragayitse’

Senateri Mureshyankwano Marie Rose, yatangajwe n’uburyo muri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta (…)

Kenya: Ababiligi baciwe 7.700$ cyangwa bagafungwa umwaka bazira ibimonyo

Abasore b’Ababiligi basanganwe ibimonyo, abayobozi bavuga ko byari bigenewe amasoko y’i Burayi (…)