skol

Amakuru

Perezida Kagame yageze muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye inama ya Africa CEO Forum

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Gicurasi 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, (…)

Uwahoze ari Umudepite mu Bwongereza yasabye ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasubukurwa

Tom Tugendhat wabaye mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza, yasabye igihugu cye kubyutsa (…)

Muri Bugesera Umugabo yapfiriye ku Kagali

Ku biro by’akagali ka Bihari mu murenge wa Ruhuha aho ni mu karere ka Bugesera, Ubwo hari mu (…)

Fizi: Abarenga 110 bishwe n’umwuzure

Ubuyobozi bwa teritwari ya Fizi, intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika (…)

Inteko ya Afurika y’Epfo iteganya gukora iperereza ku ngabo zoherejwe muri RDC

Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo iteganya gukora iperereza ku ngabo z’iki gihugu (…)

Israel: Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika

Umutwe wa Hamas watangaje ko ugiye kurekura imbohe y’umunya-Israel ariko ifite ubwenegihugu bwa (…)

Papa Leo XIV yatanze ubutumwa bwibanze ku gushaka amahoro arambye mu bihugu byibasiwe n’intambara

Kuri iki Cyumweru Papa Leo XIV, yatanze ubutumwa bwe bwa mbere kuva yatorerwa kuba umushumba (…)

Putin yavuze ko ashyigikiye ibiganiro byo guhagarika intambara na Ukraine ariko adashaka igitutu

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kugirana ibiganiro na (…)

Pasiteri Rutayisire yavuze ku nzego enye zikwiye kubazwa ibibazo biri mu rushako mu Rwanda

Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire yagaragaje ko ibibazo biri mu miryango myinshi mu Rwanda, (…)

U Rwanda rwijeje Papa Leo XIV ubufatanye mu kwimakaza amahoro

Guverinoma y’u Rwanda yifatanyije n’Abakirisitu ba Kiliziya Gatolika muri Misa yo gushimira (…)

Imanzi, Sosiyete y’Abakozi ba Kaminuza yatikije asaga Miliyoni 500 bakihanagura

Kuva kuri Prof Lwakabamba wari Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza kugeza ku mukozi muto, Abarimu mu (…)

Umunyarwandakazi yiciwe muri Uganda atewe icyuma mu mutwe

Mukandayisenga Donatille wari utuye mu Karere ka Kabale muri Uganda, yishwe ku wa 10 Gicurasi (…)

Putin yatanze igitekerezo cyo gutangira ibiganiro bitaziguye na Ukraine

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatanze igitekerezo cyo gutangira ibiganiro bitaziguye na (…)

NATO yahakanye kwemerera Ukraine kuba umunyamuryango mu kurangiza intambara

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango NATO, Mark Rutte, yatangaje ko Ukraine itigeze yemererwa (…)

Gen Muhoozi yakiriye Gen Muganga, akeza umubano w’ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yakiriye mugenzi we wo mu Rwanda, (…)