skol

Amakuru

Mu gihugu cya Mexique umukandida ku mwanya wa Meya yishwe yiyamamaza

Yesenia Lara Gutiérrez wari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora umujyi wa Texistepec mu ntara (…)

U Rwanda mu nzira zo gutangiza ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko umwaka wa 2025, uzasiga u Rwanda (…)

U Burusiya bwamaganye igitutu bushyirwaho n’ibihugu by’i Burayi

Leta y’u Burusiya yatangaje ko yifuza amahoro arambye muri Ukraine ariko itazemera gushyirwaho (…)

Pastor Kabanda Julienne yahaye gasopo abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Umukozi w’Imana Pastor Kabanda Julienne wari umuyobozi wa Grace Room iheruka kwamburwa (…)

Umunya Amerika bicyekwa ko ariwe wa nyuma Hamas yari yaragize imbohe yarekuwe

Umunya Israel akaba n’umunya Amerika ,Edan Alexander, wari warafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas (…)

DRC: Umusirikare yiciye abaturage batatu mu rusengero

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zirwanira mu mazi ziba mu (…)

Algeria yirukanye abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa

Guverinoma ya Algeria yategetse ko abakozi ba Ambasade y’u Bufaransa bashyizweho hatubahirije (…)

U Rwanda rwatashye ku mugaragaro ambasade yarwo i Budapest muri Hongiriya

Guverinoma y’u Rwanda yatashye ku mugaragaro icyicaro cya Ambasade y’u Rwanda i Budapest muri (…)

Amerika n’u Bushinwa byiyemeje kugabanya imisoro yari yahanitswe

Binyuze mu masezerano yo kugabanya imisoro bagiranye ku wa 12 Gicurasi 2025, ibihugu bya Leta (…)

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 16 yasanzwe mu mugozi yapfuye

Tuyizere Amos w’imyaka 16 wo mu Karere ka Nyamasheke yasanzwe mu mugozi wa mushipiri yapfiriye (…)

Perezida wa Sénégal yagaragaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu ikoranabuhanga

Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal yatangaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu (…)

Minisitiri Nduhungirehe ari mu ruzinduko rw’iminsi 2 muri Hongiriya ruzasiga hafunguwe Ambasade y’u Rwanda

Kuri uyu wa 12 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Amb. (…)

Ukraine yongeye gushinja u Burusiya kon gera kuyigabaho ibitero bya ’Drones’

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 12 Gicurasi 2025, Uburusiya bwagabye ibitero by’indege zitagira (…)

Polisi yataye muri yombi ’umusekirite’ wahohoteye umufana ku kibuga

Polisi y’Igihugu yatangaje ko yataye muri yombi umwe mu bari bashinzwe umutekano wo kibuga bazwi (…)

Perezida Paul Kagame yavuze ko Afrika ikwiye gukangurwa n’inkunga za USAID Trump yahagaritse

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko byaba ari byiza Abanyafurika bahisemo (…)