skol

Amakuru

Kiliziya Gatolika yanenze icyemezo cyo gufunga banki mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Leta cyo (…)

Amb. Uwihanganye yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Brunei

Ambasaderi Jean de Dieu Uwihanganye yashyikirije Umwami wa Brunei Darussalam, Haji Hassanal (…)

Afurika y’Epfo yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo kwimukira muri Amerika

Visi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo (…)

Amerika yashinjwe umugambi wo kwimurira Abanya-Palestine muri Libya

Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika buravugwaho kuba buri gutegura gahunda yo kwimura (…)

Impamba abaturage 500 bo mu Mujyi wa Kigali bakuye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Bisesero

Abaturage bo mu Murenge wa Nyarugunga mu Mujyi wa Kigali biyemeje kurushaho kurwanya (…)

Perezida Trump yiteze umusaruro mu kiganiro azagirana na Putin kuri telefone

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azagirana ikiganiro kuri (…)

Gnassingbé n’abandi bahuza bo muri Afurika bagiye gutegura ibiganiro by’u Rwanda na RDC

Umuhuza w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washyizweho n’Umuryango wa (…)

U Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

Umudepite uri muri komite ishinzwe kugenzura ibikorwa bya gisirikare by’u Burusiya mu ntambara (…)

Kinshasa: Umusirikare wishe bagenzi be batatu yakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye igihano cy’urupfu (…)

Sena ya DRC Yashyizweho Komisiyo yo gusuzuma niba Kabila yakwamburwa ubudahangarwa

Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyizeho Komisiyo yihariye ishinzwe gusuzuma (…)

Uwabaye Visi Perezida w’u Burundi yagaragaje ko ingabo z’u Burundi zishobora gukubitirwa hamwe na FDLR

Senateri Gaston Sindimwo wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 2015 kugeza mu 2020, (…)

Ali Bongo wari umaze igihe afungiye iwe yarekuwe

Ali Bongo wahoze ayobora Gabon akaza guhirikwa ku butegetsi n’igisirikare mu 2023 ndetse (…)

Abajenerali b’u Rwanda bafatiwe ibihano na Amerika bigeze he?

Amahanga akomeje gushakira umutekano uburasirazuba bwa RDC binyuze mu gushaka ibiganiro (…)

Ishami rya Al-Qaeda ryigambye kwica abasirikare 200 ba Burkina Faso

Itsinda ry’ubutasi rya SITE rivuga ko Jama’a Nusrat ul-Islam wa al-Muslimin (JNIM)yagabye (…)

Ibikorwa byo gucyura abasirikare n’abapolisi ba RDC 1359 bahungiye kuri MONUSCO byarangiye

Komite Mpuzamahanga y’umuryango Croix Rouge (ICRC) yatangaje ku wa 15 Gicurasi 2025 ko yarangije (…)