skol

Amakuru

Iran yikomye igitutu cya Perezida Trump ku bijyanye n’intwaro kirimbuzi

Perezida wa Iran Masoud Pezeshkian, yatangaje ko igihugu cye kitazunamira umuntu uwo ari we wese (…)

Impunzi z’abanya-Ukraine zirataka ihohoterwa muri Pologne

Burya koko nta heza nk’iwanyu, Abanya-Ukraine bahungiye muri Pologne barataka guhohoterwa ndetse (…)

AFC/M23 yaciye ibiyobyabwenge mu mujyi wa Goma

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryaciye (…)

Qatar Airways yaguze Boeing 160 kuri miliyari 200$

Qatar Airways yasinyanye amasezerano na Boeing ya miliyari 200$ arimo no kugura indege 160 (…)

Minisitiri Kayikwamba wa RDC aracyafitiye u Rwanda akangononwa

Nubwo ibihugu byombi bigaragaza ko biri mu nzira nziza yo gukemura amakimbirane bifitanye, (…)

Sud Kivu: Hongeye kuba imirwano hagati ya Wazalendo n’abarwanyi ba AFC/M23

Amakuru aturuka muri Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko (…)

Ibikorwa by’imitwe ya politike muri Mali byahagaritswe

Ibikorwa by’imitwe ya politike muri Mali byahagaritswe, bifatwa nko gukomeza gucecekesha abo (…)

Muhanga: Polisi yafashe moto 6 zibwe

Polisi mu Karere ka Muhanga iravuga ko yafashe moto esheshatu zibiwe ahantu hatandukanye, itanga (…)

Byinshi wamenya ku mateka ya José Mujica wabaye perezida wa mbere ukennye cyane ku isi

Amateka y’umuntu agenda yibukwa cyane bitewe n’ibyo umuntu yakoze byatangaje benshi, ibyamuranze (…)

U Rwanda na Mauritania basinyanye amasezerano yo kwagura ishoramari

Leta y’u Rwanda na Mauritania basinyanye amasezerano yo kwagura imikoranire no guteza imbere (…)

Turkiya: Abatuye Lice basinze umwotsi w’urumogi rwatwikiwe mu mujyi

Muri Turkey, abaturage basaga 25.000 batuye mu Mujyi muto wa Lice mu Ntara ya Diyarbakır bisanze (…)

Umujyi wa Kigali Ugiye gutangira umushinga wo kubaka uruganda rusukura amazi yanduye

Inama yahuje Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali n’ubw’Ikigo cy’Igihugu cy’Isuku n’Isukura (WASAC) (…)

Perezida ucyennye cyane ku isi yapfuye

José Mujica, wamenyekanye cyane ku isi yose nka “Perezida ucyennye cyane”, yapfuye afite imyaka (…)

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa agiye guhatwa ibibazo ku ihohoterwa ryakorewe abanyeshuri

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, kuri uyu wa 14 Gicurasi, ategerejweho (…)

U Rwanda na Guinea basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari

U Rwanda n’igihugu cya Guinea bashyize umukono ku masezerano agamije kuzamura ubufatanye mu (…)