skol

Amakuru

Tesla yahakanye ibyo gusimbuza Elon Musk ku buyobozi

Ikigo gikora imodoka zikoresha amashanyarazi, Tesla, cyamaganye amakuru avuga ko kiri mu (…)

Yarwaniye FARDC ari Umunyarwanda, M23 iteye afungwa nk’umugambanyi

Murame Jean de Dieu yavukiye mu Rwanda, aruvamo ahunze mu 1994 ubwo yari afite imyaka 17, (…)

U Burundi bwongeye gutunga u Rwanda urutoki mu mugambi wo kubutera

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo gushaka (…)

Kabila yasabiwe kwamburwa ubudahangarwa

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yatangaje (…)

AFC/M23 n’ingabo za RDC bikomeje guhanganira muri Kivu y’Amajyepfo

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo z’iki (…)

Uganda: Umubyeyi yabyaye abana 6 b’impanga

Muri Uganda, umubyeyi witwa Glorious Betonde w’imyaka 40, yibarutse abana batandatu (6) (…)

Kabuga agiye kongera kugaragara mu rukiko

Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, IRMCT, rwatangaje ko Félicien Kabuga umaze (…)

Corneille Nangaa wa AFC/M23 yagereranyije Tshisekedi na Yona wo muri Bibiliya

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Abacuruzi bo muri Uganda baravuga ko bagihura n’imbogamizi mu kugeza ibicuruzwa mu Rwanda

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’abacuruzi bo mu mujyi wa Kabale (KMTA), Michael Byamungu Turyamureba (…)

Muyaya yagaragaje impamvu Tshisekedi yavuye ku izima, akemera ibiganiro na M23

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagaragaje (…)

Abarimo Bill Gates batangije ikigega cya miliyoni 500$ kizakorera no mu Rwanda

Abashoramari barimo Bill Gates, batangije ikigega kirimo hafi miliyoni 500$, azakoreshwa mu (…)

Perezida wa Guinea-Conakry yasabye RDC n’u Rwanda guhitamo inzira y’amahoro

Mu ruzinduko rw’amasaha 48 i Kinshasa, Perezida wa Guinea-Bissau, Oumaro Sissoco, mu uruzinduko (…)

Abasirikare ba FARDC bari baragotewe i Goma batangiye koherezwa i Kinshasa

Amagana y’abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse (…)

Pakistan iravuga ko u Buhinde bwitegura kuyitera mu masaha atarenze 36

Kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’Itangazamakuru muri Pakistan yavuze ko Islamabad ifite “amakuru (…)

Gutaha kw’ingabo za SADC ni ugushyigikira inzira y’amahoro – Minisitiri Nduhungirehe

Nyuma yaho ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo, SADC, zari mu butumwa muri Repubulika (…)