skol

Amakuru

Amerika yataye muri yombi umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zataye muri yombi Umunyarwanda Nsabumukunzi Faustin w’imyaka 65, (…)

Igitero cya ’drone’ za Ukraine cyasenye urusengero mu Burusiya

U Burusiya bwashinje igisirikare cya Ukraine kugaba igitero cy’indege zitagira abapilote (…)

Uwari umutoni wa Perezida W’U Burundi yahunze

Umuyobozi wa Komisiyo yigenga ishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu (CNIDH), Dr. Sixte-Vigny (…)

U Rwanda na RDC bigiye gusinyana amasezerano imbere ya Amerika

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, kuri (…)

U Bushinwa bwiyemeje guhangana n’idolari rya Amerika ku ruhando mpuzamahanga

U Bushinwa bwafashe icyemezo cyo gukomeza guteza imbere ikoreshwa ry’Ama-Yuan ndetse n’uburyo (…)

U Burusiya bwatanze icyizere ku masezerano y’amahoro na Amerika

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje igihugu cye na Amerika (…)

USA: Hafi 50% by’urubyiruko bagira ibibazo byo mu mutwe baterwa n’imbuga nkoranyambaga

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hafi kimwe cya kabiri cy’ingimbi n’abangavu bavuga ko imbuga (…)

AFC/M23 iri kubakisha umuhanda uhuza santere ya Masisi na Sake

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Abasirikare 54 biciwe mu gitero cyagabwe n’intagondwa muri Bénin

Leta ya Bénin yatangaje ko abantu bikekwa ko ari intagondwa zigendera ku matwara akaze y’idini (…)

U Rwanda na KOICA byatangije umushinga wa miliyari 9,3 Frw uzafasha urubyiruko kubona akazi

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yasinyanye amasezerano ya miliyoni 6,5$ (arenga miliyari (…)

Perezida Macron yifuza kugira uruhare mu biganiro byo kunga u Rwanda na RDC

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yifuza ko igihugu cye cyagira uruhare mu (…)

Ishyaka PPRD rya Kabila ryambuwe ikibanza cyubatsemo icyicaro cyaryo

Minisiteri y’Ubutabera ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko urukiko rwambuye (…)

Yaguze imodoka y’inzozi ze, ishya atayimaranye n’isaha

Mu Buyapani, umugabo witwa Honkon, ubu aribona nk’umunyabyago urusha abandi, kuko yibwira ko (…)

Kimwe kigurishwa Amadolari 233: Muri Kenya hadutse ubushimusi bw’ibimonyo

Polisi ya Kenya iherutse gukora umukwabu mu nyubako yakira ba mukerarugendo ya Jane Guesthouse (…)

Minisitiri Nduhungirehe yashimye intambwe RDC na AFC/M23 byateye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimye (…)