skol

Amakuru

Byahishuwe ko igitutu cyatumye Perezida Macron agira François Bayrou Minisitiri w’Intebe

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 13 Ukuboza 2024 yashyize (…)

Turikiya yagaragaje ubushake bwo kumvikanisha Sudani na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan, yahamagaye kuri telefoni Umugaba Mukuru w’Ingabo za (…)

U Rwanda rwakiriye ibiganiro byahuje abayobozi ba Amerika n’Abambasaderi bo muri Afurika

Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana yakiriye ibiganiro (…)

U Burusiya bwabujije abaturage babwo kujya muri Amerika

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yaburiye abaturage bayo ibabuza gukorera ingendo (…)

USA: Umuyobozi wa FBI agiye kwegura

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Iperereza imbere muri Amerika, FBI, Christopher Wray, yatangaje ko (…)

Mu masaha 48, Israel yagabye ibitero 480 muri Syria

Igisirikare cya Israel, IDF, cyatangaje ko mu masaha 48 ashize cyagabye ibitero birenga 480 ku (…)

Iran yashinje Amerika na Israel guhirika ubutegetsi bwa Assad muri Syria

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na (…)

Donald Trump yagennye ku mwanya wa Ambasaderi ushobora kumubera umukazana

Donald Trump witegura kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Mutarama 2025, yagennye (…)

Minisitiri w’Intebe wa Israel yagejejwe mu rukiko

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024 yageze mu rukiko (…)

Koreya y’Epfo: Polisi yasatse ibiro bya Perezida, uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo ashaka kwiyahura

Polisi yo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa Gatatu yasatse ibiro bya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma (…)

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad, nyuma yo gusesa amasezerano mu (…)

Utubari, utubyiniro na hoteli byemerewe gukora bigakesha mu minsi mikuru

Leta y’u Rwanda yemereye hoteli, utubari, restaurants n’utubyiniro gukora kugeza Saa Munani zo (…)

Ikibazo cy’Abanyarwanda batandatu bari muri Niger cyongeye kugaragazwa muri Loni

Perezida w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (…)

Amerika yatangiye guhigisha uruhindu abahoze mu butegetsi bwa Bashar al-Assad

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zashyizeho impapuro zo guta muri yombi abatasi babiri (…)

Autriche yahagaritse kwakira impunzi zo muri Syria

Igihugu cya Autriche cyahagaritse kongera kwakira impunzi zo muri Syria ndetse gitangaza ko (…)