skol

Amakuru

Denzel Washington yabatijwe ahita anagirwa Umupasiteri

Umukinnyi w’amafilime w’icyamamare ku Isi, Denzel Washington, yemeje ukwemera kwe mu buryo (…)

Chorale de Kigali yanyuze abakunzi bayo mu gitaramo cyitabiriwe na Madamu Jeannette Kagame

Chorale de Kigali iri mu zikunzwe mu Rwanda kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yaraye ikoreze igitaramo (…)

Donald Trump yarahiriye kwirukana mu gisirikare abihinduje igitsina

Donald Trump watorewe kuyobora Amerika yatangaje ko akigera ku butegetsi ku munsi wa mbere (…)

Amerika yarashe indege yayo y’intambara iyita iy’ibyihebe

Ingabo za Amerika zirwanira mu mazi zari mu Nyanja Itikura zahanuye indege y’igisirikare (…)

Abarenga 17% bagororewe Iwawa basubizwayo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco, NRS cyatangaje ko 17% by’abantu baba baragororewe mu (…)

EASF yasoje inama y’inzego za politiki i Kigali yarimo Ntibantunganya

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, nyuma y’iminsi itandatu yo kungurana (…)

Habababyeyi Pascal wakoreraga TV10 yitabye Imana

Umunyamakuru wakoreraga Radio/Tv10, Pascal Habababyeyi, yitabye Imana. Yakoraga muri weekend (…)

Amerika yakuyeho igihembo cya miliyoni 10$ ku muntu uzafata umuyobozi wa HTS

Nyuma y’uko Umuyobozi w’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS), Abu Mohammad al-Julani, ahuye (…)

Tshisekedi yasubiyemo ko RDC itazagirana ibiganiro na M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubiyemo ko igihugu (…)

Ingabo za Amerika zishe umuyobozi wa ISIS

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kuri uyu wa 19 Ukuboza 2024 cyishe (…)

Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero Malaysia igiye kongera gushaka indege ya MH370

Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero mu buryo bw’amayobera akomeye yabaye ku ndege ku Isi, (…)

Burkina Faso yarekuye intasi z’u Bufaransa yari yarafashe bigizwemo uruhare na Maroc

Kuri uyu wa Kane, itariki 19 Ukuboza 2024, abenegihugu bane b’Abafaransa bari bafungiwe muri (…)

Perezida Macron yavugirijwe induru muri Mayotte

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yavugirijwe induru n’abaturage ubwo yasuraga ikirwa cya (…)

Perezida Putin yahakanye ibyo kuganira na Trump

Perezida Vladimir Putin yavuze ko atigeze aganira na Donald Trump uherutse gutorerwa kongera (…)

Umuvandimwe wa Paul Pogba wamugambaniye yakatiwe gufungwa imyaka itatu

Mukuru wa Paul Pogba, Mathias Pogba, yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu harimo ibiri isubitse (…)