skol

Amakuru

Umuntu wa mbere ashobora gukandagira kuri Mars mu 2030

Ikigo cya SpaceX cya Elon Musk, kirateganya kohereza icyogajuru ku Mubumbe wa Mars mu 2026, (…)

Sudani yasubiye bucece mu muryango wa IGAD

Leta ya Sudani yari imaze hafi umwaka yarateye umugongo umuryango wo muri Afurika (…)

Syria: Hadutse imyigaragambyo nyuma no gutwika igiti cya Noheri

Muri Syria hadutse imyigaragambyo yatewe no gutwika igiti cya Noheri hafi y’umujyi wa Hama, aho (…)

Hagati y’u Rwanda na Afurika y’Epfo ni inde ufite amahirwe yo kugarura Formula 1 ku mugabane?

Hashize imyaka irenga mirongo itatu Afurika yakiriye isiganwa rya Formula 1. Imikino yo (…)

Ethiopia irashinjwa kugaba igitero ku birindiro bya gisirikare muri Somalia

Guverinoma y’igihugu cya Somaliya yamaganye byimazeyo ibyo isobanura ko ari igikorwa cy’igitero (…)

Umuhuro wa Kabila na Katumbi wabereye i Addis-Abeba uhatse iki?

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Moïse (…)

Inteko y’u Rwanda yishimiye umusaruro yakuye mu mikino ihuza iya EAC

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yishimiye umusaruro yakuye mu mikino mpuzamahanga ihuza (…)

Imvura yahagaritse urugendo rwa Perezida Tshisekedi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko (…)

Zambia: Hafashwe abantu bashakaga kwica Perezida Hichilema bamuroze

Polisi ya Zambiya yavuze ko yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gushaka “kugirira nabi” (…)

M23 yambuye FARDC igifaru

Umutwe wa M23 wungutse igifaru nyuma yo kucyambura ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika (…)

Ingabo zirenga 1.000 za Koreya ya Ruguru zimaze kwicwa cyangwa gukomerekera mu Burusiya

Kuri uyu wa Mbere, ubuyobozi bw’ingabo za Koreya y’Epfo bwatangaje ko ingabo zirenga 1.000 za (…)

Qatar ishobora guhagarika kugurisha gaz mu Burayi

Leta ya Qatar yatangaje ko mu gihe ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi byatangira (…)

Perezida Putin yahigiye kwihorera ku bitero bya ’drone’ bya Ukraine

Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko biteguye kwihorera mu buryo bukomeye ku bagize (…)

Gen. Muhoozi Kainerugaba yasabye Sudani kumusaba imbabazi

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasabye ko Sudani yasaba (…)

Ituri: FARDC yarasanye na UPDF

Abasirikare bane bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umwe wo mu za (…)