skol

Amakuru

Kivu y’Amajyepfo: Abandi Bashinwa batatu bafunzwe

Abashinzwe umutekano n’ubuyobozi bw’intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira (…)

Umugore wari ukuze cyane ku isi yapfuye

Umugore w’Ubuyapani, Tomiko Itooka wari ufite imyaka 116 n’agahigo ko kuba umuntu ukuze kurusha (…)

Hagaragajwe impano Perezida Biden n’umugore we bahawe n’abayobozi batandukanye

Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga byagaragaje ko Perezida Joe (…)

Mu Bushinwa hadutse icyorezo cyandura cyane kurusha Covid-19

Itangazamakuru ry’Ubushinwa ryatangaje ko hari ubwiyongere bw’ubwandu bwa virusi yitwa Human (…)

U Burundi bwabwiye u Rwanda ko kuba bwaba bukorana na FDLR bitarureba

Leta y’u Burundi biciye muri Reverien Ndikuriyo usanzwe ari Umunyamabanga w’ishyaka CNDD-FDD (…)

Abasirikare ba Israel bakomeje kwiyahura ku rwego bitigeze bibaho mu myaka 13

Intambara hagati ya Israel na Hamas ikomeje gutera ihungabana mu basirikare, aho raporo nshya (…)

M23 yemeje ko yishe abasirikare benshi ba FARDC

Umutwe wa M23 watangaje ko ku wa Gatanu wishe abasirikare benshi bari bagize ihuriro ry’ingabo (…)

Gakenke: Uwari ugiye mu bukwe yapfiriye mu mpanuka

Mubano Alain w’imyaka 34 wari utuye mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyabagarura, yapfuye (…)

Gen Muhoozi yarahiriye “guhorera amaraso” ya Lt. Ariho wirashe mu kico

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko azahorera amaraso ya (…)

RCS yashyize umucyo ku kibazo cy’umunyamakuru Nkundineza wakubitiwe mu Igororero

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) rwasobanuye ko umunyamakuru Nkundineza Jean Paul (…)

Loni yamaganye ifungwa ry’itorero ry’Aba-Orthodox muri Ukraine

Raporo ku burenganzira bwa muntu muri Ukraine y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye Rishinzwe (…)

Koreya y’Epfo: Yoon Suk Yeol wari Perezida, yifungiraniye iwe ngo adatabwa muri yombi

Yoon Suk Yeol uherutse kweguzwa ku mwanya wa Perezida wa Koreya y’Epfo, amaze iminsi itatu (…)

M23 yahishuye umugambi Tshisekedi yari afite mbere yo guhura na Kagame

Byari biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yari guhurira na Félix Tshisekedi wa (…)

Perezida Ndayishimiye yatangaje ko yabonye Imana mu Izuba

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yabonye Imana n’amaso ye ubwo yari mu (…)

Palestine yahagaritse ibikorwa bya Al Jazeera

Leta ya Palestine yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ibikorwa bya (…)