skol

Amakuru

Hatanzwe icyizere cyo gukemura ikibazo cya parikingi mu Mujyi wa Kigali

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatanze icyizere cyo kongera parikingi ziboneka muri uyu Mujyi, (…)

Atera imitoma abahita bakamwishyura

Mu Buyapani, umugabo wahawe izina ry’irihimbano rya ‘Uncle Praise’, atunzwe n’umwuga yihimbiye (…)

Ibisubizo abanyarwanda bategereje mu kiganiro Perezida Kagame agirana n’abanyamakuru

Abanyamakuru basanzwe batara unkuru z’Urugwiro, bagenzi babo babafatira amajwi n’amashusho, (…)

U Rwanda rwatangiye gukingira virusi itera SIDA

Mu rwego rwo kurwanya ikwirakwira rya virusi itera SIDA, u Rwanda rwatangije ikoreshwa (…)

Mozambique: Impungenge ni zose nyuma yo gutaha kwa Mondlane wemeza ko ari we watsinze amatora

Kuri uyu wa Kane, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Mozambique, Venancio Mondlane, (…)

Bite by’urusaku rw’amasasu rwumvikanye ku ngoro ya Perezida Maréchal Déby?

Abantu 19 biciwe muri Tchad mu ijoro ryacyeye, ubwo ingabo z’iki gihugu zarimo zihangana (…)

RDC ishaka kubuza ibinyamakuru mpuzamahanga gutangaza intsinzi ya M23

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yateguje ibinyamakuru mpuzamahanga (…)

Canada: Trudeau yashwishurije Trump wifuza ko Canada yomekwa kuri US

Minisitiri w’Intebe wa Canada Justin Trudeau ntiyariye amagambo, mu gushwishuriza Donald Trump (…)

Amerika yashinje RSF gukora jenoside inafatira ibihano umuyobozi wayo

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 7 Mutarama 2025, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko abarwanyi (…)

Amakuru y’uko moto zose zikoresha lisansi zizasimbuzwa muri uyu mwaka si yo: Minisitiri Gasore

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko muri uyu mwaka nta gahunda leta ifite (…)

Amagambo ya Perezida Macron akomeje kwamaganwa n’ibihugu bya Afurika

Nyuma y’uko Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa avuze ko ingabo z’igihugu cye zitashimiwe ku (…)

Icyizere Perezida Zelensky afitiwe n’abaturage cyagabanyutseho 38%

Ikusanyabitekerezo ryakorewe muri Ukraine ryagaragaje ko icyizere Perezida w’iki Gihugu, (…)

Koreya ya Ruguru yagaragaje ubushobozi buhambaye bw’igisasu cyayo

Koreya ya Ruguru yatangaje ko igisasu iherutse kurasa mu nyanja cyari gifite ubushobozi (…)

Abasirikare ba Ukraine batorotse ikigo cy’imyitozo mu Bufaransa

Abasirikare mu ngabo zidasanzwe ba Ukraine, batorotse ikigo cy’imyotozo ya gisirikare mu (…)

Umunya-Canada yapfiriye muri Kenya nyuma yo kumara ijoro yikinisha

Umunya-Canada witwa Gregory John Kilgour, w’imyaka 66 yasanzwe yapfuye mu cyumba cye giherereye (…)