skol

Amakuru

Gen. Tshiwewe yahererekanyije ububasha n’Umugaba Mukuru mushya wa FARDC

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 6 Mutarama, mu kigo cya gisirikare cya Kokolo, i Kinshasa, muri (…)

Amerika yashinje u Burusiya gutera inkunga impande zombi zirwana muri Sudani

Kuri uyu wa Mbere ushize, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje u Burusiya mu Muryango (…)

EU yababajwe no kuba M23 yarafashe Masisi

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ku wa Mbere wamaganye ifatwa ry’umujyi wa Masisi (…)

Sarkozy yatangiye kuburana ku mafaranga ya Kadhafi yakoresheje yiyamamaza

Kuri uyu wa Mbere, urubanza rw’uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, rwatangiye. (…)

Tshisekedi yahuye na Emir wa Qatar

Ku Cyumweru tariki ya 5 Mutarama 2025 Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Iran yaburiye Israel ishobora kongera kuyigabaho ibitero

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yavuze ko mu gihe Israel yakongera (…)

Iyo data atakundinda mba naraguciye umutwe: Gen. Muhoozi abwira Bobi Wine

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi (…)

Umunyamakuru Kalex yarongoye

Umunyamakuru w’imyidagaduro Kavukire Alex, uzwi ku izina rya Kalex yasabye anakwa umukunzi we (…)

OMS yemeje Coronavirus nk’icyorezo gihangayikishije isi mu 2025

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryatangaje ku mugaragaro ko icyorezo (…)

Haiti: Haribazwa ku musaruro w’abasirikare ba Guatemala na El Salvador bagiye mu butumwa bwo kugarura amahoro

Haiti yakiriye abasirikare 75 ba Guatemala n’abandi umunani ba El Salvador baje muri icyo gihugu (…)

U Bwongereza ntibufite ubushobozi bwo gukumira ibitero by’ibisasu kirimbuzi

Itsinda ryigenga riyoboye isuzuma ku bushobozi bw’igisirikare ryashyizweho na leta y’u (…)

U Budage: Chancelier Scholz ahangayikishijwe na Elon Musk ushyigikiye Ishyaka AfD ry’abahezanguni

Mu gihe u Budage buzakora amatora y’abadepite muri Gashyantare, Chancelier Olaf Scholz, afite (…)

U Burusiya yashinje Ukraine kwica umunyamakuru ku bushake

Leta y’u Burusiya yashinje Ukraine kwica umunyamakuru w’ikinyamakuru Izvestia gikorera mu (…)

Niba tudakemuye ikibazo mu rwego rwa dipolomasi, tuzagikemura mu buryo bwa gisirikare – Muyaya

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya (…)

Koreya y’Epfo: Ibihumbi bigaragambije bamagana abandi basaba ifatwa rya Perezida Yoon

Kuri iki Cyumweru, abigaragambyaga babarirwa mu bihumbi bagiye mu mihanda irimo urubura y’umurwa (…)