skol

Amakuru

Tshisekedi na Blinken baneguye u Rwanda

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu zashimiye Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa (…)

U Rwanda kudushinja gukorana na FDLR ni nko kudutuka: Ndayishimiye

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ku wa Gatanu yahakanye amakuru avuga ko ingabo (…)

U Bushinwa: 2025 izasiga imodoka zikoresha amashanyarazi zicuruzwa cyane kurusha izikoresha lisansi

Byitezwe ko mu 2025, imodoka zikoresha amashanyarazi (EV) cyangwa se izikoresha amashanyarazi na (…)

Umuyobozi Mukuru wa OMS yarokotse ibitero Israel yagabye muri Yemen

Umuyobozi Mukuru w’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, (…)

Kenya: Abandi bantu 40 bagonzwe n’imodoka kuri Noheli

Impanuka ikomeye y’imodoka yabereye mu gihugu cya Kenya mu gace ka Mwisho wa Lami, (…)

Papa Fransisko yasabiye amahoro Ukraine, Sudani na Gaza

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Ukuboza hirya no hino ku Isi abakirisitu bizihije umunsi mukuru (…)

Sosiyete ya Japan Airlines iravuga ko yagabweho igitero cy’ikoranabuhanga

Kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukuboza 2024, Sosiyete y’indege Japan Airlines (JAL) yavuze ko (…)

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Huawei yo kubakira ubushobozi urubyiruko

Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yasinyanye amasezerano n’Ikigo gikora ibikoresho (…)

Burkina Faso, Mali na Niger birashaka kwitandukanya na CEDEAO; bivuze iki ku hazaza ha Afurika

Mu gihe CEDEAO yananirwa kumvikana n’ibihugu birimo Burkina Faso, Mali na Niger, bizava muri uwo (…)

Bangladesh yasabye u Buhinde kuyoherereza uwari Minisitiri w’Intebe wayo akajyanwa mu nkiko

Bangladesh yasabye u Buhinde kuyoherereza uwari Minisitiri w’Intebe, Sheikh Hasina, wahungiye (…)

Syria: Abashinzwe umutekano 14 biciwe mu ‘gico’ cy’abayoboke ba Assad

Abayobozi bashya muri Syria baravuga ko abashinzwe umutekano 14 bishwe abandi 10 barakomereka mu (…)

U Bushinwa bugiye kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa mbere runini ku Isi

Leta y’u Bushinwa yemeje umushinga wo kubaka urugomero rw’amashanyarazi ruzashyirwa ku mugezi wa (…)

Bill Clinton wayoboye Amerika yasezerewe mu bitaro

Bill Clinton wabaye Perezida wa 42 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika imyaka umunani kugeza mu 2001 (…)

Haribazwa byinshi ku musore wapfuye agiye gushinja OpenAI kwiba amakuru y’abandi

Urujijo rukomeje kuba rwinshi kuri Suchir Balaji, umusore w’imyaka 26 wakoreraga OpenAI, ikigo (…)

Ibihugu icyenda birimo Uganda bigiye kwinjirira rimwe muri BRICS

Perezidansi y’u Burusiya yatangaje ko kuva ku wa 1 Mutarama 2025 hari ibihugu bishya icyenda (…)