skol

Amakuru

Umuntu wa gatanu yashyizwemo impyiko z’ingurube

Umugore witwa Towana Looney w’imyaka 53 yabaye umuntu wa gatanu ku Isi ushyizwemo impyiko (…)

Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwaturutse kwa Lourenço

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yakiriye muri Village Urugwiro Amb. Tete Antonio, (…)

RDC yemeje ko abasirikare bayo basahuye abaturage ubwo batsindwaga na M23

Minisitiri ushinzwe iterambere ry’icyaro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Muhindo (…)

Ubutasi bw’u Bwongereza bwaburijemo umugambi wo kwica Papa Francis

Umugambi wo kwica Papa Francis ubwo yagiriraga uruzinduko muri Iraq waburijwemo, nyuma y’amakuru (…)

M23 yashimiye Tshisekedi wayihaye ‘impano ya Noheli’

Umutwe wa M23 washimiye Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

General w’u Burusiya yiciwe i Moscow

Lt Gen Igor Kirillov wari umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha intwaro kirimbuzi, (…)

Chancelier w’u Budage yatakarijwe icyizere

Chancelier w’u Budage, Olaf Scholz, yatakarijwe icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko y’icyo (…)

Polisi ya Ethiopia irashima uruhare rwa RNP mu kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka mu karere

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri (…)

Uganda: Leta ni yo izishyura indishyi kuri bamwe mu bahuye n’ubugome bwa LRA

Leta ya Uganda yategetswe n’urukiko muri iki gihugu kwishyura miliyoni 10 z’amashilingi (…)

M23 yabyinnye intsinzi nyuma yo gusatira imijyi ya Lubero na Butembo

Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 16 Ukuboza wemeje ko wigaruriye utundi duce two muri (…)

Ukraine irigamba kwica abasirikare nibura 30 ba Koreya ya Ruguru muri Kursk

Imitwe y’Ingabo za Koreya ya Ruguru zirwanira u Burusiya yagize igihombo cy’abasirikare nibura (…)

Lubero: M23 yigaruriye Umujyi mushya

Umutwe wa M23 wigaruriye Umujyi muto wa Matembe wo muri Teritwari ya Lubero, nyuma y’imirwano (…)

Uganda: Museveni agiye gukurikiranira hafi abanyamadini bavuga ko bakiza indwara

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje (…)

Ibyerekezo 24 muri Kigali byongewemo uburyo bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo

RURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 16 Ukuboza, ibyerekezo (lignes) 24 bikoreramo (…)

ABC News igiye kwishyura miliyoni 15$ Donald Trump yatangajeho ibinyoma

Ikinyamakuru ABC News kiri mu bikomeye muri Amerika, cyemeye kwishyura Donald Trump miliyoni 15$ (…)