skol

Amakuru

RDC: Abasirikare 13 bakatiwe urwo gupfa

Urukiko rwa Gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) rwakatiye igihano cyo (…)

Amerika: Icumi bahitanywe n’imodoka mu birori byo kwishimira umwaka mushya

Abantu bagera ku icumi ni bo bapfuye, abandi benshi barakomereka, ubwo imodoka yo mu bwoko bwa (…)

Ukraine yanze gukomeza kunyuzwamo gaz y’u Burusiya icuruzwa i Burayi

Amasezerano y’imyaka itanu yo kohereza gaz y’Abarusiya iciye muri Ukraine igana i Burayi, (…)

Kenya yaguze Drones z’intambara RDF yigeze kuvugwaho kurambagiza

Igisirikare cya Kenya kirwanira mu kirere cyakiriye drones z’intambara zo mu bwoko bwa Bayraktar (…)

Trump yaburiye Hamas mu gihe yatangira akazi itararekura imbohe

Perezida wa Amerika watowe, Donald Trump, yavuze ko Hamas igomba kurekura vuba imbohe zajyanwe (…)

2024: Ba Perezida 2 bo muri Afurika mu bantu 5 bahize abandi mu kurangwa na ruswa ku Isi

Ikigo gicukumbura ibyaha bya ruswa, kizwi nka ‘Organized Crime and Corruption Reporting Project (…)

Cote d’Ivoire nayo yasabye Ingabo z’u Bufaransa kugenda

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Ukuboza 2024, Cote d’Ivoire yatangaje ko Ingabo z’Abafaransa (…)

Lubero: Abasirikare 23 ba FARDC bagejejwe mu rukiko bashinjwa guhunga M23

Abasirikare 23 ba FARDC bitabye urukiko kuva ku wa Mbere, itariki 30 Ukuboza 2024 imbere (…)

U Burusiya bwamaganye inkunga nshya Amerika yemereye Ukraine

Ambasade y’u Burusiya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye inkunga ya miliyari 2,47 (…)

Uyu mwaka umaze kubamo impanuka 9,000 zahitanye nibura 350

Kuva muri Mutarama kugeza muri uku kwezi k’Ukuboza 2024, mu Rwanda habaye impanuka zo mu muhanda (…)

Kenya: Imyigaragambyo yongeye kubura

Kuri uyu wa mbere ku itariki 30 Ukuboza, abaturage biraye mu mihanda mu Murwa Mukuru wa Kenya, (…)

DRC yababajwe n’uko abakozi ba EU bagenzura ikawa na cacao byayo baba mu bihugu birimo Rwanda

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko ibabazwa n’uko abakozi (…)

U Burusiya bwashinje Amerika kuba inyuma y’umugambi w’ihirikwa rya Assad

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko kuba Amerika (…)

Umunyamakuru Mutesi Scovia agiye gushinga Televiziyo

Umunyamakuru Mutesi Scovia washinze akanaba Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru cyandika cyitwa Mama (…)

Ibihumbi n’ibihumbi bamaze guhunga Mozambike berekeza muri Malawi

Mu cyumweru gishize, ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage ba Mozambike bahungiye mu gihugu (…)