skol

Amakuru

Donald Trump yashimangiye ko kwima visa abanyeshuri b’Abashinwa ari igitutsi ku gihugu

Perezida Donald Trump yatangaje ko bitumvikana uburyo yakwima visa abanyeshuri b’Abashinwa (…)

Amavubi yerekeje muri Nigeria

kipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yerekeje muri Nigeria, aho izakinira n’iki gihugu umukino (…)

Sean Kingston yajuririye igifungo cy’imyaka itatu n’igice yakatiwe

Umuhanzi w’Umunyamerika Kisean Paul Anderson [Sean Kingston], wamenyekanye cyane mu muziki mu (…)

Nyaruguru: Ubuke bw’ibikorwaremezo buracyari igihato mu iterambere

Abatuye n’abakorera mu Karere ka Nyaruguru barasaba ko hakongerwa ibikorwaremezo cyane cyane (…)

Hashyizweho itegeko rinoza isuzumangaruka ku mishinga minini y’ibidukikije no ku baturage

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho itegeko rya Minisitiri rishya, risaba ko imishinga minini yose (…)

AFC/M23 yongeye kwihanangiriza Ubutegetsi bwa Congo iha integuza FARDC, FDLR n’abacancuro

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaze kwita (…)

Tshisekedi yaciye amarenga ko iby’abahuza atazabyemera

Perezida Félix Tshisekedi yeruye ko nta buhuza bw’amahanga Abanye-Congo bakeneye, ahamya ko (…)

Musanze: Ubuhunikiro bwafashwe n’inkongi, hatikiriramo ibifite agaciro gasaga miliyoni 4

Ubuhinikiro bw’ibirayi bw’umuhinzi witwa Maniriho Jean d’Amour, wo mu Murenge wa Kinigi, Akagari (…)

Uko Gen Muhoozi yateguye bucece ifungwa ya Gen Maj Birungi

Igisirikare cya Uganda kimaze amezi gikora iperereza rikomeye ku bofisiye bakuru bakekwaho (…)

Hatangijwe umwaka w’amashuri mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Nzeri 2025, abanyeshuri bose bo mu bice bigenzurwa n’ihuriro rya (…)

Afghanistan: Umutingito wahitanye 600 ukomeretsa abarenga 1500

Umutingito wari ku kigero cya 6 wibasiye Afghanistan mu ijoro ryacyeye ryo ku wa 31 Kanama (…)

Ngoma: Hemejwe indishyi ya miliyoni 114,8 Frw yo kwishyura abaturage

Inama Njyanama y’Akarere ka Ngoma yemeje indishyi y’angana na miliyoni 114,8 Frw yo kwishyura (…)

Nyaxo yongeye gushimangira urwo akunda inkumi yihebeye (Amafoto)

Umunyarwenya Nyaxo abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yahishuye umukobwa yihebeye ndetse (…)

Inkunga yoherezwa muri Ukraine yabaye iyanga

Visi Perezida wa Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ushinzwe ububanyi n’amahanga, (…)

Putin ashinja Uburengerazuba intambara ya Ukraine mu nama ya SCO iyobowe n’Ubushinwa

Perezida w’Uburusiya arengera ubukangurambaga bwa gisirikare muri Ukraine, ashinja politiki ya (…)