skol

Amakuru

U Burusiya bwarashe inyubako ya Leta ikoreramo Minisiteri muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Ukraine, Yulia Svyrydenko, yatangaje ko kuva intambara bahangenyemo n’u (…)

Mu 2026 Abanyarwanda bashobora gutangira guhahisha ‘drones’

Kompanyi ikora indege nto zitagira abaderevu (Zipline) yatangaje ko bitarenze mu mwaka utaha wa (…)

Nkaka Longin wayoboraga Muhazi United yeguye

Uwari Perezida wa Muhazi United, Nkaka Longin, yeguye kuri izo nshingano nyuma y’ibibazo (…)

Abafaransa bakoze imyigaragambyo basaba Macron kwegura

Abafaransa babarirwa mu bihumbi bigabye mu mihanda yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa, basaba (…)

Ngoga Roger wari Visi Perezida wa Rayon Sports yeguye

Ngoga Roger Aimable wari Visi Perezida wa Kabiri w’Umuryango Rayon Sports, yeguye kuri izi (…)

U Bwongereza: Abarenga 400 barimo n’abasaza rukukuri batawe muri yombi bazira kwigaragambya

Polisi yo mu Bwongereza yatangaje ko yataye muri yombi abarenga 400 bakoreye imyigaragambyo (…)

Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana

Lt General Innocent Kabandana wabaye Umuyobozi w’ibikorwa by’inzego z’umutekano zoherejwe (…)

Nyaruguru: Arasaba ubufasha bwo kuva mu nzu igisenge cyabaye nk’akayunguruzo

Havugiyaremye Adelphine utuye mu Kagari ka Kibeho, Umurenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, (…)

Perezida Kagame yakiriye Jean Todt wa Loni na Michelle Yeoh wamamaye muri filimi

Perezida Paul Kagame yakiriye Intumwa yihariye ya Loni mu bijyanye n’umutekano wo mu muhanda, (…)

U Bufaransa bugiye guca ibicuruzwa byose byifitemo ‘nicotine’

Guverinoma y’u Bufaransa yatangaje ko igiye guca ibiribwa byose bitari itabi ariko bibonekamo (…)

Bugesera: Umusore yiyahuye kubera umukobwa bakundanaga yamwanze

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 18 wo mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa (…)

Impamvu y’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yagaragaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli (…)

Amerika ishobora kugaba ibitero muri Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora kugaba ibitero muri Venezuela mu rwego rwo guhangana (…)

Kinshasa: Abadepite 12 bashaka kweguza Vital Kamerhe bafunzwe

Inzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zataye muri yombi abadepite 12 (…)

Donald Trump yahinduye Minisiteri y’Ingabo ayita iy’Intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahinduye amazina ya Minisiteri y’Ingabo (…)