skol

Amakuru

Ibidasanzwe ku magare ya Mercedes-AMG arimo irigura hafi miliyoni 11 Frw

Ishami rya Mercedes-AMG rizwi nka Petronas F1 risanzwe rikora imodoka za Formula 1, ryakoze (…)

White House yirukanye ku ngufu umuyobozi wa US CDC wanze kwegura

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House), byirukanye Susan Monarez ku (…)

Colombia: Uwarashe umukandinda wahataniraga kuba Perezida yakatiwe gufungwa imyaka irindwi

Umusore w’imyaka 15 uheruka kurasa mu mutwe umukandinda wiyamamarizaga umwanya wa Perezida wa (…)

Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’ingabo za RDC ryagabye ibitero bikomeye bya drones

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko (…)

Ukraine yashinjwe gushaka guhanganisha RDC n’ibihugu bituranye

Ihuriro ry’abofisiye b’Abarusiya bashinzwe umutekano mpuzamahanga ryashinje ubutegetsi bwa (…)

Nyaruguru: Umusaza yakubiswe bimuviramo urupfu

Nduwamungu Alexis w’imyaka 67 wo mu Mudugudu wa Mwumba, Akagari ka Kiyonza, Umurenge wa Ngoma, (…)

Kugorwa no kugera mu Rwanda byatumye Perezida Chapo yifuza ko hatangizwa ingendo Kigali-Maputo

Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo Yagaragaje ko atumva impamvu mbere yo kugera i Kigali (…)

U Burusiya bugiye gukora urukingo rwa virusi itera SIDA

Inzobere mu by’indwara z’ibyorezo mu Kigo gikora ubushakashatsi cya Gamaleya giherereye i Moscow (…)

Kigali Pelé Stadium yakuwe muri stade zizakinirwaho CAF Champions League na Confederation Cup

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yamenyesheje Ishyirahamwe rya Ruhago (…)

Baltasar Engonga wafatanywe amashusho 400 asambana n’abagore yakatiwe gufungwa imyaka umunani

Baltasar Ebang Engonga ukomoka muri Guinée équatoriale, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo (…)

Gen Makenga yatangije Polisi kabuhariwe ya AFC/M23

Umuyobozi w’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

U Rwanda na UNHCR bemeranyije gushakira impunzi ibisubizo birambye

Guverinoma y’u Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) bemeranyije (…)

Ubushinjacyaha bwasabiye Prof Omar Munyaneza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Ubushinjacyaha bwasabiye Prof. Omar Munyaneza wayoboraga WASAC Group gufungwa iminsi 30 (…)

Icyogajuru cya SpaceX cyageze mu isanzure nyuma y’inshuro icyenda z’igerageza

Ikigo cya SpaceX cyabashije kohereza icyagajuru cya mbere kinini mu isanzure, nyuma yo (…)

Perezida Daniel Chapo yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, ku wa Gatatu tariki ya 27 Kanama, yunamiye (…)