skol

Amakuru

Rusizi: Inzu y’umuturage yafashwe n’inkongi ihiramo ibifite agaciro ka miliyoni 4Frw

Inzu y’umuturage wo mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba yafashwe n’inkongi y’umuriro (…)

Umubare w’Abanyamerika basaba ubuhungiro muri Canada ukomeje gutumbagira

Abanyamerika basaba ubuhungiro muri Canada ukomeje kwiyongera cyane, benshi bakagaragaza ko (…)

RwandAir yungutse Boeing 737-800 ebyiri

Sosiyete nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko mu mubare w’indege (…)

FARDC na FDLR zagabye ibitero bikaze ku Banyamulenge: Amaherezo azaba ayahe?

Imisozi myiza yo muri Kivu y’Amajyepfo yongeye guhinduka urubuga rw’amarira n’amaraso. Ku wa 26 (…)

U Rwanda na Mozambique byavuguruye amasezerano y’umutekano n’ubucuruzi

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Mozambique, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Kanama 2025, byavuguruye (…)

Maj. Gen. Ruvusha yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique uheruka mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatatu, Umuhuzabikorwa w’Ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda, Joint Task Force (…)

AFC/M23 yamaganye igisirikare cy’u Burundi cyarashe abaturage i Kadasomwa

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje (…)

Musanze: Batewe inkeke n’isoresore n’abagabo bitwaza imipanga mu tubari

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, cyane cyane muri santere y’ubucuruzi izwi nko mu (…)

Kinshasa: Gahunda yo gusoma umwanzuro w’urubanza rwa Mutamba yasubitswe

Urukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwasubitse gahunda yo gusoma (…)

Perezida Chapo wa Mozambique yageze mu Rwanda

Perezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu (…)

Brésil: Bolsonaro yasabiwe gucungirwa hafi mu kuburizamo umugambi wo gutoroka ubutabera

Umucamanza wo mu Rukiko rw’Ikirenga muri Brésil, Alexandre de Moraes, yatangaje ko Jair (…)

Ibihano bitegereje abadasuzumisha imyuka ihumanya ikirere ku binyabiziga

Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko mu abatunze ibinyabiziga batazubahiriza amabwiriza yo (…)

Amerika yihaye igihe cyo kurangiza intambara muri Ukraine

Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump mu Burasirazuba bwo hagati no mu biganiro by’amahoro, (…)

Nyamasheke: Abaturage batangiye kwikorera isukari

Abahinzi b’ibisheke bibumbiye muri Koperative Akeza ka Macuba yo mu Karere ka Nyamasheke mu (…)

Abasirikare bashinjwa gushaka gukura Tshisekedi ku butegetsi basabiwe gufungwa imyaka 15

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye urukiko (…)