skol

Amakuru

Palestine ntiyumva uko Amerika yimye Perezida Abbas Viza yo kwitabira Inteko Rusange ya Loni

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’ibiro bya Perezida wa Palestine, byasabye Perezida Donald (…)

Andriy Parubiy wayoboye Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yishwe arashwe

Depite Andriy Parubiy wanabaye Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine, yarasiwe mu Mujyi (…)

Shema Fabrice yasabye ko imikoranire mibi ivugwa hagati ya FERWAFA na MINISPORTS icika

Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, (…)

Putin yavuze ko u Burusiya n’u Bushinwa bihuje icyerekezo

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje ko igihugu cye n’u Burusiya bihuje icyerekezo cyo (…)

Uganda: Museveni yasubije Minisitiri Kadaga wijunditse ishyaka rya NRM

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko ishyaka rya NRM rimaze igihe ryaratanze umurongo ku (…)

Israel yishe Minisitiri w’Intebe w’Aba-Houthi n’abandi bari bagize Guverinoma ye

Igitero cy’indege ingabo za Israel zagabye ku mutwe witwaje intwaro w’Aba-Houthi muri Yemen (…)

Shema Ngoga Fabrice yatorewe kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice wari umukandida rukumbi, yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru (…)

Amerika yanze ko Perezida wa Palestine ajya ku cyicaro cya Loni

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwimye Perezida wa Palestine, Mahmoud Abbas, (…)

Thailand: Minisitri w’Intebe yegujwe kubera telefone

Urukiko rw’Ikirenga muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza Paetongtarn Shinawatra, wari (…)

Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 igiye guha abaturage inote zisimbura izishaje

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo washyizweho n’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa (…)

Ubushomeri buri guca ibintu mu Budage

Umubare w’abashomeri mu Budage warenze miliyoni eshatu z’abaturage, ari nacyo kigero cyo hejuru (…)

Trump yambuye uburinzi Kamala Harris wabaye Visi Perezida

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahagaritse serivisi y’uburinzi (…)

Huye: Umugabo yapfiriye mu kazi ko gucukura ubwiherero

Umugabo witwaga Niyibizi Albert, uri mu kigero cy’imyaka iri hejuru ya 30 y’amavuko yapfiriye mu (…)

Amerika igiye guha Ukraine intwaro zishobora kurasa mu Burusiya

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje igurishwa ry’intwaro zishobora gukoreshwa mu kugaba ibitero, (…)

Leta ya RDC yanze ubutumire bwa Thabo Mbeki mu biganiro by’amahoro

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwanze ubutumire bw’umuryango wa Thabo (…)