skol

Amakuru

Gisagara: Bishimira ibikorwaremezo arenga miliyari 1 Frw bahawe mu kwibohora

Abatuye mu Karere ka Gisagara bishimiye Umunsi Mukuru wo Kwibohora k’u Rwanda, bawuhuza no (…)

Burera: Ibura ry’amazi ryatumye ijerekani igura 300 Frw

Abaturage bo mu Mirenge ya Rugarama, Cyanika na Gahunga mu Karere ka Burera, barataka bavuga ko (…)

U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bitekanye muri Afurika y’Iburasirazuba

Raporo y’Ikigo cy’ubushakashatsi ku icungamutungo n’Amahoro izwi nka ‘Global Peace Index: GPI’ (…)

Kicukiro: Hafashwe 22 bakekwaho ubujura n’uburaya

Polisi y’Umujyi wa Kigali yatangaje ko yataye muri yombi abantu 22 mu Karere ka Kicukiro, (…)

Rwamagana: Abantu 12 bakomerekeye mu mpanuka, umwe iramuhitana

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Scania yari yabuze feri (…)

Abanyarwanda baba mu Bufaransa bizihije umunsi wo Kwibohora

Abanyarwanda baba mu Bufaransa bizihije Umunsi Mukuru wo kwibohora k’u Rwanda ku nshuro ya 31, (…)

Ntabwo ninjira iwanjye nka Minisitiri, ninjira nk’umugore, nka mama w’abana- Uwimana Consolée

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yatangaje ko guhuza (…)

Kwibohora ntibyari bigamije kwigobotora ingoma y’igitugu gusa - Amb Maj. Gen (Rtd) Karamba

Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Maj Gen (Rtd) Charles Karamba, yagaragaje ko kwibohora (…)

Dushobora kugenda ibilometero 2000 turwana - Kagame aburira abahigira gutera u Rwanda

Perezida Kagame yaburiye umuntu wese wigamba ko azatera u Rwanda, avuga ko rushobora kuba (…)

Perezida Kagame yaburiye abafasha Interahamwe, anasubiza abashinja u Rwanda kwiba amabuye y’agaciro ya RDC

Perezida Kagame yatangaje ko bitumvikana ukuntu u Rwanda buri mwaka rugaragaza ikibazo rutewe na (…)

Gisagara: Hari babyeyi batumva icyitwa imirimo ivunanye ku bana

Leta ishishikariza ababyeyi n’abandi bareberera abana kubarinda imirimo ibavunanye, ariko hari (…)

RDF yakoze impinduka ku mpuzankano zayo

Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, cyakoze impinduka ku mpuzankano yacyo, aho utudarapo turiho (…)

AFC/M23 yizeye ko amasezerano ya Washington yaharura inzira y’ikizava mu biganiro bya Doha

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko bwiteguye gusubira mu biganiro bya Doha bigamije (…)

Rwamagana: Abaturage biyujurije ibiro by’Akagari bya miliyoni 64 Frw

Abaturage bo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Munyiginya mu Kagari ka Binunga, biteguye (…)

M23 yahishuye ibyatumye ibiganiro byayo na RDC i Doha bidatanga umusaruro

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje (…)