skol

Amakuru

Elon Musk yongeye kwatsa umuriro kuri Trump, icyemezo cye acyita ‘ubusazi’

Umunyemari Elon Musk yongeye kwibasira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, (…)

Loni yatangaje ko Iran igifite ubushobozi bwo gukora ibisasu bya nucléaire

Ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe kugenzura ingufu za kirimbuzi (IAEA) cyatangaje ko Iran (…)

Perezida Ruto ntiyumva aho abigaragambya bamusaba kwegura bashaka ko ajya

Perezida William Ruto yagaragaje ko atumva icyo Abanya-Kenya bakomeje gukora imyigaragambyo yo (…)

Rwamagana: Umucuruzi arakekwaho kwicisha ibuye n’icyuma uwanyweraga mu kabari ke

Umugabo witwa Mugabo Damascene wari utuye mu kagari ka Bushenyi,Umurenge wa Mwulire Akarere ka (…)

Meta ishaka inguzanyo ya miliyari 29 z’Amadolari zo gushora mu mushinga wa AI

Ikigo Meta gifite urubuga nkoranyambaga rwa Facebook, WhatsApp na Instagram kiri mu biganiro (…)

U Burusiya na Iran byasubukuye ingendo zo mu kirere

U Burusiya na Iran byongeye gusubukura ingendo z’indege nyuma y’igihe gito zari zahagaritswe na (…)

Uganda: Umunyarwanda afunzwe akekwaho kwiba imbunda

Umunyarwanda witwa Manizabayo Dieudonné, afungiye i Kabale muri Uganda akekwaho kwiba imbunda (…)

Hagaragajwe ko Zelensky yatsindwa amatora mu gihe yakorwa vuba

Ubushakashatsi bw’Ikigo Socis Research Group bwagaragaje ko mu gihe Perezida Volodymyr Zelensky (…)

Ni inkuru nziza ku karere- Uko Macron, Zelensky n’abandi bakiriye amasezerano y’u Rwanda na RDC

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa n’abandi banyapolitiki hirya no hino ku Isi, bashimye (…)

Lubero: Abasirikare 45 bakurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana

Urukiko rwa gisirikare rwa Butembo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ruri kuburanisha abantu 92 (…)

Ingamba z’ubwirinzi zijyanye n’ikibazo kizwi - Amb Ngoga abwira Akanama ka Loni

Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yagaragaje ko rwiteze impinduka mu (…)

Icyiciro cya nyuma cy’ingabo zirenga 500 za SADC cyatashye kinyuze mu Rwanda

Icyiciro cya nyuma cy’Ingabo 576 za SADC zari zimaze umwaka urenga mu butumwa muri Repubulika (…)

Tshisekedi mu mayirabiri: Inzira y’amahoro iramusaba kwambura intwaro no gukuraho FDLR

Diplomasi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatsinze igitego cy’umutwe ubwo yageraga ku ntego yari (…)

U Rwanda na Nigeria basinyanye amasezerano avanaho gusoresha kabiri ibicuruzwa

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Nigeria zasinyanye amasezerano yo kuvanaho gusoresha kabiri (…)

Perezida Trump yakiriye Nduhungirehe na Kayikwamba nyuma yo gusinya amasezarano y’amahoro

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Akarere k’Ibiyaga bigari katangiye amateka mashya (…)