skol

Amakuru

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye mugenzi we wa Niger

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko kuri uyu mugoroba wo ku wa Mbere tariki 30 Kamena (…)

Abasirikare bose ba SAMIDRC bari i Goma baratashye

Tariki 28 Kamena 2025 nibwo icyiciro cya nyuma cy’Ingabo 576 z’Umuryango w’Iterambere rya (…)

Dosiye ya Ingabire Victoire yaregewe urukiko

Ubushinjacyaha Bukuru bwaregeye dosiye ya Ingabire Victoire Umuhoza Urukiko rw’Ibanze rwa (…)

Uganda yafunze uwahaga ubutasi bwayo amakuru atari yo kuri ADF

Igisirikare cya Uganda cyataye muri yombi Sheikh Hamza Lyavala ukekwaho gusa ubutasi amakuru (…)

Nangaa yasabye Leta RDC kutifashisha amasezerano yayo n’u Rwanda iyobya abantu

Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko amasezerano (…)

U Burusiya bwongeye kugaba igitero simusiga muri Ukraine

Ingabo z’u Burusiya zaraye zigabye ibitero bikomeye ku nganda zikora ibikoresho bya gisirikare (…)

Ababarirwa mu magana bahunze ibitero bishya bya Israel muri Gaza

Abantu babarirwa mu magana batuye mu gace ka Gaza, bahunze ibitero bishya by’Ingabo za Israel (…)

Urukiko rwumvise ugutakamba kwa Netanyahu ku byaha bya ruswa

Urukiko rw’Akarere ka Yeruzalemu rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rwa Minisitiri w’Intebe (…)

U Burusiya bwahagaritse amasezerano y’ibya nucléaire bwari bufitanye na Suède

Guverinoma y’u Burusiya yatangaje ko yahagaritse amasezerano yo guhanahana na Suède amakuru (…)

AFC/M23 igenzura ubutaka bufite ubuso burenga kilometero kare ibihumbi 34

Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Pakistan: Abasirikare 16 baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi

Muri Pakistan, umwiyahuzi yashoye imodoka yari arimo yuzuye ibisasu ku mudoka zari zitwaye (…)

Nyanza: Abaturage barenga 800 bagiye kuvurwa ku buntu n’ingabo za EAC zishyize hamwe

Abasirikare b’inzobere mu buvuzi bo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (…)

Iran yasabye Loni guhatiriza Israel na Amerika kuyiha impozamarira kubera intambara byayishojeho

Iran yasabye Umuryango w’Abibumbye kwemera ko Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aribyo (…)

Elon Musk yongeye kwatsa umuriro kuri Trump, icyemezo cye acyita ‘ubusazi’

Umunyemari Elon Musk yongeye kwibasira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, (…)