skol

Imyidagaduro

Bull Dogg, Jay C na Bushali barwanye n’abafana mu kabyiniro k’i Rubavu

Mu mpera z’icyumweru gishize, abaraperi barimo Jay C, Bull Dogg na Bushali bahuye n’uruva (…)

Palestine igiye kwitabira Miss Universe bwa mbere

Umukobwa wo muri Palestine witwa Nadeen Ayoub, agiye kuba uwa mbere uzitabira Irushanwa (…)

Jamirah Namubiru ufite inkomoko mu Rwanda ahatanye muri Miss Uganda

Jamirah Namubiru ufite inkomoko mu Rwanda ari mu bakobwa batoranyijwe bahagarariye ibice (…)

Umuhanzi Sano Olivier agiye gukora ubukwe

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya Imana, Sano Olivier ari mu myiteguro y’ubukwe bwe buteganyijwe (…)

CHAN 2024: Urugamba rugeze aho rukomeye

Amakipe y’inkwakuzi yamaze kubona itike ya ¼ muri Shampiyona Nyafurika ihuza abakina imbere mu (…)

TikTok yavuguruye amabwiriza agenga imikoreshereze yayo

TikTok yatangaje ko igiye kuvugurura amabwiriza agenga uko abantu bitwara kuri uru rubuga, aho (…)

Umutesi Magnifique yaguzwe na Simba SC yo muri Tanzania

Umutesi Uwase Magnifique ukinira Indahangarwa WFC yamaze kumvikana na Simba Queens yasinyiye (…)

Yanga SC yacyeje Haruna Niyonzima Abanyarwanda bita umusaza

Umuryango wa Yanga SC, wongeye guha agaciro Haruna Niyonzima ukomeje kukimwa iwabo aho ab’iwabo (…)

Sherrie Silver yahakanye ibyo gutarama mu birori ‘Inkera y’abahizi’ bya APR FC

Umubyinnyi Sherrie Silver yahakanye ibyo gutaramira abakunzi ba APR FC, yemeza ko abakoresheje (…)

Umuhungu wa Bobi Wine w’imyaka 20 yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga

Solomon Kampala Nyanzi Kyagulanyi uherutse kuzuza imyaka 20 y’amavuko, yambitse impeta umukunzi (…)

Minisitiri Mukazayire yaganiriye na Nate Ament

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, yaganiriye Nate Ament uri mu bakinnyi bari kuzamuka neza (…)

PSG yegukanye UEFA Super Cup bwa mbere itsinze Tottenham Hotspur

Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye Igikombe kiruta ibindi ku Mugabane w’u Burayi “UEFA Super (…)

Umudogiteri yabaye Miss Universe muri Jamaica

Dr Gabrielle Henry yegukanye ikamba rya Miss Universe Jamaica 2025 ku mugoroba wo ku wa (…)

Mangwende yagarutse mu kibuga nyuma y’amezi umunani adakina

Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ ukinira AEL Limassol yo mu Cyiciro cya Mbere muri Chypre (…)

Alexander Isak ntazongera gukinira Newcastle United

Rutahizamu wa Newcastle United, Alexander Isak, ntabwo ari mu bakinnyi bazifashishwa na yo mu (…)