skol

Imyidagaduro

Tekno Miles yatunguranye mu gitaramo cy’imideli cya ‘Giants of Africa Festival’

Ange Kagame n’umugabo we, Betrand Ndengeyingoma, bari mu bitabiriye igitaramo cy’imideli cyabaye (…)

Amasogisi Michael Jackson yambaye mu 1997 yagurishijwe asaga miliyoni 12 Frw

Amasogisi Michael Jackson yambaye mu gitaramo cyabereye mu Mujyi wa Nice mu Bufaransa mu 1997, (…)

Hari kwibazwa byinshi ku mubano wa Katty Perry na Justin Trudeau

Abantu benshi bakomeje kwibaza ku mubano uri hagati ya Katty Perry na Justin Trudeau wahoze ari (…)

Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Trump

Diddy ashobora guhabwa imbabazi na Perezida Donald Trump, mbere y’uko akatirwa mu mpera z’uyu mwaka.

Diddy yongeye gusaba kurekurwa

Umuraperi Diddy uheruka guhamwa n’ibyaha bibiri muri bitanu yashinjwaga, yongeye gusaba urukiko (…)

DJ Rusam yahanuye abakobwa bifuza kwinjira mu mwuga wo kuvanga imiziki

Nadege Rusam wamamaye mu kuvanga imiziki nka DJ Rusam, yagiriye inama abakobwa bifuza kwinjira (…)

Eddy Kenzo n’umugabo washatse Rema wahoze ari umugore we, barikoroje i Kmpala

Mu mpera z’icyumweru gishize, amwe mu mashusho akomeje guca ibintu muri Uganda ni aya Eddie (…)

Vogue yakoresheje umunyamideli wahanzwe na AI biteza impagarara

Ikinyamakuru cya Vogue kizwiho kuba kimwe mu byandika ku mideli n’ibindi biyiherekeza bikomeye (…)

Maroc igiye kurega abasifuzi barimo Abanyarwandakazi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Maroc (FRMF), rigiye gutanga ikirego mu (…)

Perezida Kagame yavuze impamvu ashyigikira siporo n’icyo yabwira abandi bayobozi bo muri Afurika batayitaho

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko nyuma yo kubona ko adashobora gukora siporo (…)

Trump yasabye ko Beyoncé akurikiranwa

Perezida Donald Trump yasabye ko umuhanzi Beyoncé akurikiranwaho kwakira indonke ya miliyoni 11 (…)

Juma Jux yakoze mu nganzo aririmbira umwana we ukiri mu nda

Umuhanzi wo muri Tanzania, Juma Jux, yashyize hanze indirimbo yo gushimira Imana yamuhaye (…)

Audia Intore yasabwe aranakobwa

Umuhanzi w’injyana gakondo, Audia Intore, yasabwe anakobwa n’umukunzi we bamaze igihe mu (…)

Juma Jux n’umugore we baritegura kwibaruka imfura

Juma Jux n’umugore we akaba n’umukinnyi wa filime w’Umunya-Nigeria Priscilla Ajoke Ojo, (…)

Burikantu wakekwagaho gukingirana abakobwa yafunguwe

Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka Burikantu ku mbuga nkoranyambaga yagunfuwe nyuma y’iminsi mike (…)