skol

Imyidagaduro

Didier Domi wakiniye PSG yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku munsi wa mbere w’uruzinduko ari kugirira mu Rwanda, Didier Domi wakiniye Paris Saint Germain (…)

Ruger yatangaje ko gukunda umuziki byatumaga yiba amafaranga iwabo akajya mu bitaramo

Umuhanzi wo muri Nigeria Ruger, yatangaje ko yatangiye gukunda umuziki akiri muto, ku buryo (…)

Rusine agiye gukora igitaramo azabariramo inkuru yo kuba umugabo

Umunyarwenya Rusine yateguje igitaramo cya kabiri yise ‘Inkuru ya Rusine II’ gikurikiye icyo (…)

Miss Mwiseneza mu rukundo rushya nyuma yo gutandukana n’uwamwambitse impeta

Mwiseneza Josiane ubitse ikamba ry’umukobwa ukunzwe cyane muri Miss Rwanda mu 2019, yemeje ko (…)

Jay-Jay Okocha na Didier Domi bakiniye PSG bageze mu Rwanda

Umunya-Nigeria, Jay-Jay Okocha n’Umufaransa Didier Domi, bombi bakiniye Ikipe ya Paris (…)

Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire

Nyuma yo gukatirwa iminsi y’agateganyo ngo hakomeze gukorwa iperereza ku byaha acyekwaho, Bishop (…)

Frank Gashumba yasabye abagabo gupimisha DNA y’abana babo hakiri kare

Umunyapolitiki akaba n’umunyamakuru wo muri Uganda, Frank Gashumba, yasabye abagabo bose kujya (…)

Umubyeyi Gabriella agiye guhatana muri ‘Miss RSW International’ ibera muri Australie

Umubyeyi Igihozo Gabriella yatsindiye guhatana mu irushanwa rya Miss Rise and Shine World [RSW] (…)

Abantu bongeye kwemererwa koga mu Mugezi wa Seine nyuma y’imyaka 100

Umugezi wa Seine wo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa wongeye kwemererwa kwakira abantu bifuza (…)

Bruce Melodie yasabye imbabazi ku bwo kudataramira i Rubavu

Nyuma yo kudataramira i Rubavu mu gitaramo Toxic Xperience, Bruce Melodie yasabye imbabazi (…)

APR FC igiye gusinyisha rutahizamu ukomoka muri Cote d’Ivoire wakinaga i Burayi

Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na rutahizamu mushya ukomoka muri Cote d’Ivoire witwa William (…)

Lewis Hamilton yagaragaye afashe ku nda y’Umunyarwandakazi Naomi Schiff ukuriwe

Lewis Hamilton ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yagaragaye afashe ku nda (…)

Byari ibicika mu gitaramo ‘Urw’intwari’ cyasigirijwe n’ibirori bya ‘Drones’

Amatorero Ishyaka ry’Intore na Inyamibwa kimwe n’abahanzi n’umuhanzi Maji Maji batanze ibyishimo (…)

Umuhanzi Mariya Yohana yamuritse album ya kabiri

Umuhanzikazi Mariya Yohana umaze igihe kinini ari umwe mu bafite izina rikomeye mu Rwanda, (…)

Cristiano Ronaldo mu bashenguwe n’urupfu rwa Diogo Jota

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo ari mu bashenguwe n’agahinda kubera (…)