skol

Imyidagaduro

Oklahoma City Thunder yegukanye Igikombe cya NBA

Ikipe ya Oklahoma City Thunder yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze (…)

Kevin Kade na Element bongewe mu bazaririmba muri ‘Rwanada Convention USA’

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize Kevin Kade na Element mu bahanzi (…)

Meta yakoze amadarubindi adasanzwe yiswe Oakley

Meta igiye gushyira ku isoko amadarubindi mashya akoranye ubwenge buhangano, AI, yitwa Oakley (…)

Samuel Eto’o ashobora guhagarikwa mu mupira w’amaguru imyaka itanu

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o Fils, (…)

Tom Close yanyomoje ibyo guhurira na Tuff Gang mu ndirimbo ‘Cana Itara’

Umuhanzi Tom Close yateguje indirimbo yise Cana Itara, ahakana iby’uko yaba izagaragaramo (…)

Umutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano muri Gorilla FC

Umutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri Gorilla FC yari amazemo undi.

Natete Niwemugore mushiki wa P-Fla yasezeranye mu mategeko - AMAFOTO

Mushiki wa P-Fla muto ariwe Natete Niwemugore, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we (…)

Uganda: Brenda Nanyonjo yashwishurije abibaza igihe azasimburwa ku marushanwa y’ubwiza

Umwe mu batangije, akaba anayobora amarushanwa y’ubwiza ya Miss Uganda Brenda Nanyonjo, yakuriye (…)

RDC: Umusifuzi wirengagije penaliti yakubiswe bikomeye cyane

Umusifuzi Jean-Pierre Kabangu wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakubiswe ku (…)

Umuyobozi wa Telegram amaze kubyara abana 100

Umuyobozi Mukuru w’Urubuga rwa Telegram, Pavel Durov, yatangaje ko amaze kubyara abana 100 hirya (…)

Kylian Mbappé yajyanywe mu bitaro

Rutahizamu wa Real Madrid, Kylian Mbappé yajyanye mu bitaro nyuma yo kurwara mu nda mu myitozo (…)

Drake yatakaje arenga miliyoni 100$ mu mikino y’amahirwe mu gihe cy’ukwezi kumwe

Umuraperi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Aubrey Drake Graham uzwi nka Drake, ari mu gahinda (…)

Umwana akina n’ibere rya Nyina- Tricia abwira uwavuze ko umugabo we Tom Close yakabirijwe mu muziki

iyonshuti Ange Tricia, yagaragaje ko yababajwe bikomeye n’umunyamakuru Ngabo Roben wavuze ko (…)

Basketball: Los Angeles Lakers igiye kugurishwa arenga miliyari 10$

Los Angeles Lakers iri mu makipe akomeye ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yari mu (…)

Kuba Umunyarwanda ni umugisha – Yolo The Queen

Kirenga Phionah uzwi nka Yolo The Queen ukunzwe n’abatari bake kubera ikimero cye gikurura (…)