skol

Ubuzima

Ibyiza byo kurya avoka ku mugore utwite

Nkuko bisanzwe, avoka nirwo rubuto rwonyine rukungahaye ku mavuta kurenza izindi mbuto zo (…)

Hari ababyara ariko bakibwa impinja! Abana bo k’umuhanda bahishuye ikindi kibazo bahura nacyo

Bamwe mu bana bo ku muhanda b’abakobwa bo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko hari ababyara ariko (…)

Menya uburyo wakoresha mu kugabanya amaribori mu gihe utayakunda cyangwa se akurya

Amaribori ni uturango, dushobora kuba tureture cg tugufi, tukaza dutambitse cg duhagaze ku (…)

Dore ibyagufasha kugabanya ibiro nyuma yo kubyara

Kubyara ni ibintu bishimisha ababyeyi ndetse n’umuryango muri rusange kuko baba bungutse undi (…)

Kenya: Bamwitaga umurwayi wo mu mutwe none yatorewe kuba Depite

Muri Kenya umukandida witwaga umurwayi wo mu mutwe kubera kwiyamamaza kandi ari umukene, Peter (…)

Niba ugira ikibazo cyo kubura amaraso dore ibyo kurya byagufasha kuyongera

Mu buzima bwa muntu bwa buri munsi akenera amaraso kugira ngo abashe kubaho, kuko amaraso niyo (…)

Kuririmba bifitiye akamaro ki umubiri wacu?

Kuririmba ni kimwe mu bigize gahunda hafi ya zose zo mu buzima bwacu bwa buri munsi usanga (…)

Dore Ingaruka zo kubura ibitotsi n’uburyo wakoresha ugasinzira

Ese hari igihe uryama ukabura ibitotsi neza? Ntabwo ari wowe bibaho gusa, ahubwo iki ni ikibazo (…)

Rutsiro: yafashwe asambanya intama y’umuturanyi avugako atazi icyabimuteye

kuri uyu wa 15 Kanama 2022 Umusore w’imyaka 17 wo mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi nyuma (…)

Padiri Muzungu wamenyekanye nk’umwanditsi w’ibitabo yitabye Imana

Ikinyamakuru cya Kiliziya Gatolika, Journal KINYAMATEKA cyatangaje ko Padiri Muzungu Bernardin (…)

Rubavu: Umugabo wari wararanye n’uwahoze ari umugore we muri Hotel yasanzwe yapfuye

Umugabo wari wari wararanye n’uwahoze ari umugore we mu macumbi y’akabari gaherereye mu Murenge (…)

Rurangiranwa muri Basketball yakatiwe gufungwa imyaka 9 azira gufatanwa ibiyobyabwenge

Urukiko rwo mu Burusiya, kuri uyu wa kane rwaciriye umunyamerikakazi w’umukinnyi rurangiranwa wa (…)

Leta y’u Rwanda yatangaje ko hagiye gutangwa urukingo rwa 4 rwa Covid-19

U Rwanda rwatangaje ko guhera tariki 8 Kanama 2022, gahunda yo gutanga dose ya 2 ishimangira (…)

Huye: Umugabo aremera ko yakubise umugore we isuka mu mutwe amuziza ko yamwise Imbwa

Umugabo wo mu Murenge wa Gishamvu mu Karere ka Huye, akurikiranyweho icyaha cyo gushaka kwica (…)

Umwana w’imyaka 17 arakekwaho kwica mubyara we w’imyaka 31 bapfa gucomeka Telephone

Mu Gihugu cya Kenya mu Ntara ya Nandi haravugwa inkuru y’umwana w’imyaka 17 wahitanye ubuzima (…)