skol

Amakuru

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye igikombe cya UEFA Champions League 2025

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimye Paris Saint-Germain FC yo mu gihugu cy’u Bufaransa (…)

Rusizi: Mu mezi atanu habonetse ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko mu mezi atanu ashize muri aka Karere hamaze (…)

Paris Saint-Germain yegukanye UEFA Champions League inyagiye Inter Milan

Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa yanyagiye Inter Milan yo mu Butaliyani ibitego 5-0, yegukana (…)

U Buhinde bwagaragaje amayeri y’urugamba bwakoresheje kugira ngo Pakistan yemere agahenge

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Buhinde, Général Anil Chauhan, yatangaje ko amayeri y’urugamba (…)

Ingabo z’u Burundi zikomeje gutera FLN nyuma y’aho yanze kuzifasha kurwanya AFC/M23

Ingabo z’u Burundi zikomeje kugaba ibitero ku birindiro by’umutwe witwaje intwaro wa FLN mu (…)

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa RDC yaburiwe irengero

Augustin Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Ubukungu bwa Ukraine mu mazi abira, ishobora kunanirwa kwishyura amadeni

Ukraine ishobora kunanirwa kwishyura ideni rya miliyoni 665$ muri miliyari 2,6$ ifitiye ibigo (…)

Namibia: Intare yishe mukerarugendo agiye ku bwiherero

Mu gihe yari mu biruhuko mu nkambi y’ubukerarugendo muri Namibia, umukerarugendo w’imyaka 59 (…)

Nangaa yahishuye abagize uruhare mu kwibira Tshisekedi amajwi

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yahishuye ko umuryango mpuzamahanga wagize (…)

AFC/M23 yamaganye Leta ya Kinshasa isoresha ibicuruzwa biva i Goma nk’ibituruka mu mahanga

Ihuriro AFC/M23 ryashinje ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gutandukanya (…)

Trump yashyizeho umusoro wa 50% ku byuma bya Aluminium

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kongera umusoro (…)

Nigeria: Abarenga 100 bishwe n’umwuzure

Ikigo cya Nigeria gishinzwe kurwanya ibiza (Nsema) cyatangaje ko umwuzure watewe n’imvura (…)

Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zashyikirije isoko zubakiye abaturage

Inzego z’umutekano z’u Rwanda (Rwanda Security Force – RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro (…)

U Rwanda rugiye kubaka amashuri 15 y’icyitegererezo

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Guteza Imbere Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB), Eng (…)